• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Ishimwe Honore

Ngoma: Abaturage barasaba ubukangurambaga ku ndwara y’umutima

September 30, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, basaba ko inzego z’ubuyobozi zajya zibegera zikabasobanurira ibijyanye n’ibitera indwara y’umutima n’uko yirindwa kuko […]

Gicumbi: Barasaba gufashwa kubona imashini zuhira

September 30, 2024 Ishimwe Honore 0

Abahinzi bo mu   gishanga     cya   Cyamuhinda giherereye mu   Murenge   wa   Muko wo muri Gicumbi, barasaba   Leta kubafasha kubona   imashini   zo    kuhira    imyaka kugira ngo ubuhinzi […]

Amajyaruguru: Ba mutima w’urugo barasabwa umusanzu mu guhangana n’igwingira mu bana

September 24, 2024 Ishimwe Honore 0

Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, arasaba ababyeyi kongera kwita ku nshingano zo kwita ku bana kuko ikibazo cy’ingwingira mu bana kigaragaraza guteshuka kw’ababyeyi. Guverineri Mugabowagahunde […]

Gicumbi: Ukekwaho ubujura yafatiwe mu kabari yabuze uko agasohokamo

September 23, 2024 Ishimwe Honore 0

Mu   rukerera   rwo    kuri    uyu    wa    Mbere, tariki ya 23 Nzeri 2024, ukekwaho ubujura yinjiye mu kabari   anyuze   muri   parafo gusa abura uko agasohokamo maze […]

Rulindo: Abahinzi b’ibirayi barashima Caritas ya Byumba

September 21, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bahinzi b’ibirayi bo kuri site ya Kigarama mu Karere ka Rulindo barashima Caritas ya Diyosezi ya Byumba ikomeje kubafasha mu bijyanye no gutubura […]

Kuki hari abatarakuraho isakaro rya Asbestos? RHA igaragaza impamvu

September 20, 2024 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu (RHA) gishinzwe imiturire butangaza ko hari bamwe mu baturage bakomeje kwinangira bakaba badashaka guca ukubiri n’isakararo rya Fibro Sima (Asbestos). Ibi bigarukwaho […]

Gicumbi: Barasaba ko imihanda migenderano yasanwa

September 18, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi cyane cyane abakoresha imihanda migenderano barasaba ko hagira igikorwa igasanwa kuko n’ahasigaye hatarangirika hazacukuka mu gihe nta […]

Gicumbi: Barinubira umunuko uturuka mu kimoteri kiri iruhande rw’isoko

September 18, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bakorera ubucuruzi mu isoko rya Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba ko ividurwa ry’ikimoteri kiri hafi y’isoko byajya bikorwa mu masaha ya […]

Gicumbi: Barasaba ko gukaraba intoki ahahurira abantu benshi byakongerwamo imbaraga

September 17, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu   batuye mu Murenge wa Byumba wo mu Karere ka Gicumbi bavuga ko umuco wo gukaraba usa nk’uwasinziriye mu bice binyuranye bihuriramo abantu benshi […]

Amacupa avamo ‘Liquor’ mu bibangamiye ibidukikije

September 17, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu batuye mu duce dutandukanye tw’akarere ka Gicumbi barinubira ibimene by’amacupa avamo inzoga za liquor zizwi nk’ibyuma usanga binyanyagiye hirya no hino. Aba baturage […]

Posts pagination

« 1 … 5 6

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro k’ibihumbi […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS