• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: September 2026

Kenya: Perezida Ruto yategetse ko abanyamahanga bahagarika gukora ubuzunguzayi

September 3, 2026 ICK News 0

Perezida wa Kenya, William Ruto, yategetse ko abanyamahanga bakora ubucuruzi buto n’ubuzunguzayi muri Kenya babuhagarika, avuga ko ibikorwa nk’ibyo bigomba guharirwa Abanya-Kenya kugira ngo babone […]

Rayon Sports WFC ishobora gukina imikino ya nyuma CAF Champions League

September 3, 2026 ICK News 0

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore ishobora kubona amahirwe yo kuzakina imikino ya nyuma Nyafurika ya CAF Champions League. Ibi bije nyuma y’uko Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru […]

Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

September 2, 2026 Ibyimana Cofi 0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro k’ibihumbi […]

Umutoza Luis de la Fuente yashimagije Rodri amwita Messi wa Espanye

September 2, 2026 ICK News 0

De la Fuente yakeje Rodri nyuna y’uko yerekeje muri FC Barcelona y’iwabo avuye muri Manchester City nyuma yo gutwarana igikombe k’isi cyas 2026 n’ikipe y’igihugu […]

Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

September 2, 2026 ICK News 0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

September 2, 2026 ICK News 0

Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

No Image

Jay-Z yatunguye abakunzi be i London, agaragara mu imurikabikorwa rya ‘JAŸ-Z30’

September 2, 2026 ICK News 0

Umuraperi w’icyamamare ku Isi, Jay-Z, yatunguye abakunzi be ubwo yagaragaraga mu imurikabikorwa rye rya ‘JAŸ-Z30’ ryabereye ahitwa Trafalgar Square, i London mu Bwongereza. Uyu muhanzi […]

Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

September 2, 2026 ICK News 0

Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

Nicki Minaj ari mu kanama nkemuramaka mu irushanwa ry’abanyamuziki n’abashoramari

September 2, 2026 ICK News 0

Umuhanzikazi w’icyamamare Nicky Minaj ari mu kanama nkemuramaka kazatanga amanota mu irushanwa rya Million Dollar Pitch Competition, riri gutegurwa n’ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump ku […]

Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

September 2, 2026 IRAMBONA Papias 0

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS