• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: September 2026

Dr. Butera yasuye Nyagatare yerekwa uko serivisi z’ubuzima zitangwa hifashishijwe ikoranabuhannga

September 10, 2026 IRAMBONA Papias 0

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yasuye Ikigo Nderabuzima cya Mimuri mu Karere ka Nyagatare, mu rugendo rugamije kureba aho gahunda yo […]

Trump yasezeranyije Abanyamerika $5,000 mu gihe Abarepubulikani batsinda amatora

September 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko buri Munyamerika mukuru ashobora guhabwa 5,000 by’amadorali, mu gihe Ishyaka ry’Abarepubulikani ryatsinda imitwe yombi […]

Gatsibo: Ibitaro bya Ngarama bigeze kuri 70% bivugururwa, bizashyirwa ku rwego rwa Kaminuza

September 10, 2026 IRAMBONA Papias 0

Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera yatangaje ko mu gihe imirimo yo kuvugurura no kwagura Ibitaro bya Ngarama, biherereye mu Karere ka […]

Nyampinga wa Austria 2024 Lucia Sisic yapfuye afite imyaka 22

September 10, 2026 ICK News 0

Lucia Sisic, wari ufite ikamba rya Nyampinga wa Austria 2024, yapfuye afite imyaka 22, nk’uko byatangajwe n’umuryango uteguraga iri rushanwa, Mission Austria. Urupfu rwe rwamenyekanye […]

Umunyarwanda arashaka kwandika amateka muri Champions League ku mukino azahuramo na Man united

September 9, 2026 Ibyimana Cofi 0

Umukinnyi w’u Munyarwanda, Joy-Lance Mickels usanzwe ari umufana wa Manchester United kuva akiri umwana, arakabya inzozi yaramaranye igihe kinini zo gukina n’ikipe yihebeye ubwo ikipe […]

Tuniziya: Abanyamakuru bigaragambije basaba kurekurwa kwa mugenzi wabo

September 9, 2026 IRAMBONA Papias 0

Abanyamakuru benshi muri Tuniziya bari mu byigaragambyo basaba ko mugenzi wabo Mohamed Yousfi arekurwa nyuma yo gutabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha byerekeranye no kunyereza amafaranga. […]

Gambia: Ibura ry’amashanyarazi ryatumye abaturage bigaragambya

September 9, 2026 IRAMBONA Papias 0

Perezida wa Gambia, Adama Barrow, yasabye abaturage gutuza nyuma y’imyigaragambyo yabaye mu murwa mukuru Banjul no mu nkengero zawo, aho abaturage bigaragambya kubera ikibazo cy’ibura […]

Senegal: Abadepite banenze Minisitiri w’Intebe ku masezerano mashya na IMF

September 9, 2026 IRAMBONA Papias 0

Abadepite batavuga rumwe na Guverinoma ya Senegal bagaragaje kutemeranya n’amasezerano mashya igihugu cyabo cyagiranye n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), bavuga ko ashobora gutuma Senegal irushaho kugengwa […]

Abanyamahanga bakorera muri Kenya bahawe iminsi 90 yo kuvugurura ibyangombwa

September 9, 2026 IRAMBONA Papias 0

Guverinoma ya Kenya yahaye abanyamahanga bakorera cyangwa bakora ubucuruzi muri icyo gihugu igihe cy’iminsi 90 cyo kubona cyangwa kuvugurura ibyangombwa bisabwa, birimo impushya zo gukora […]

Umujyi wa Kigali wahamagariye abafatanyabikorwa kuwurimbisha mu gihe cy’iminsi mikuru isoza 2026

September 9, 2026 ICK News 0

Umujyi wa Kigali wasabye ibigo bya Leta, iby’abikorera, ibigo by’ubucuruzi, imiryango itari iya Leta n’abandi bafatanyabikorwa kugira uruhare mu kurimbisha Umujyi mu minsi mikuru isoza […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 … 9 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS