Guinea: Mamadi Doumbouya yatorewe kuba perezida
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Nyirabazungu Clemantine, from Byimana Village, Nyamirembe Cell, Gatunda Sector in Nyagatare District, is one of the parents whose child was treated at Kabgayi Eye Hospital. […]
Nyirabazungu Clemantine wo mu mudugudu wa Byimana, akagari ka Nyamirembe, Umurenge wa Gatunda ho mu Karere ka Nyagatare ni umwe mu babyeyi bafite umwana wavuwe […]
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG), itangaza ko Guverinoma itegenya gukuba inshuro zirenga ebyiri ingufu z’amashanyaraza zikazajyera kuri Megawati(MW) 1,066 mu 2034 bigizwemo uruhare n’ishoramari […]
Perezida Paul Kagame akaba n’umugabo w’ikirenga w’ingabo z’igihu yashimye ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano kubera ubunyamwuga bwabo, ubwitange, ndetse na serivisi zitajegajega mu […]
Isuzumamikorere ryakorewe abayobozi 5,277 b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda ryagaragaje ko 890 muri bo batagejeje ku bipimo byashyizweho mu miyoborere y’amashuri, bityo bahita basubizwa […]
Papa Leo XIV yasabye abakristu gukomeza gusabira isi amahoro, by’umwihariko imiryango iri kunyura mu mibabaro iterwa n’intambara n’ibikorwa by’urugomo. Yabivugiye mu isengesho rya Angelus ryabereye […]
Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bongeye gusaba Leta y’u Rwanda gukora ibishoboka byose kugira ngo kiliziya zujuje ibisabwa zifungurwe. Ibi byatangajwe mu ibaruwa ikubiyemo ubutumwa bashyizeho […]
Perezida Paul Kagame, hamwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, bitabiriye gahunda yo guhuriza hamwe abana bato biga gukina umupira w’amaguru […]
Abaturage bivuriza ku ivuriro ry’ibanze (Poste de Santé) rya Gahogo, mu murenge wa Nyamabuye, mu karere ka Muhanga, basaba inzego zibishinzwe ko hakongerwa umubare w’abaforomo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS