• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Ikipe y’Akarere ka Muhanga yazamutse mu cyiciro cya mbere

May 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Hari hashize imyaka ine, Ikipe y’Akarere ka Muhanga idakandagira mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru ‘Rwanda Premier League’. Icyakora iyi nkuru yahindutse ku gicamunsi cyo […]

Nyabihu-Vunga: Ibiza byongeye kwibasira abaturage

May 7, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Agace karimo umuhanda wa Vunga-Kiruruma n’ibikorwaremezo biwuturiye ni kamwe mu duce tw’Umurenge wa Shyira ho mu Karere ka Nyabihu gakunze kwibasirwa cyane n’ibiza biterwa n’amazi […]

Sudani yacanye umubano na UAE iyishinja gushyigikira abarwanyi ba RSF

May 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Leta ya Sudani yahagaritse umubano wa dipolomasi na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), nyuma yo gushinja kenshi iki gihugu cyo mu burasirazuba bwo hagati gushyigikira […]

Umwuka w’intambara ukomeje gututumba hagati y’u Buhinde na Pakistan

May 7, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Igihugu cy’Ubuhinde cyagabye igitero cya misile zambukiranya imipaka muri pakstani gihitana abantu 26 gikomeretsa 46. Iki gitero cyiswe […]

Trump yemereye $1,000 kuri buri mwimukira wakwiyirukana muri Amerika

May 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemereye abimukira bari muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko amadolari 1,000, ni ukuvuga asaga miliyoni 1,4FRW kuri buri muntu, […]

Ibitero bya Ukraine mu Burusiya byahagaritse ingendo z’indege

May 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege zitagira abapilote zo muri Ukraine zagabye igitero i Moscow mu Burusiya mu ijoro rya ku wa Mbere, bituma ibibuga by’indege bine bifunga by’agatenganyo mbere […]

Ubufatanye bwa ICK na CHE bwageze mu Ishami ry’Ubuzima

May 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Mbere tariki ya 5 Gicurasi 2025, abarimu babiri bo muri Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) yo mu Buholandi basoje kwigisha isomo ryihariye ryibanda […]

Kiliziya y’u Rwanda yinjiye mu rugendo rwo gusabira Papa mushya

May 6, 2025 Philos Muhire 0

Guhera ku wa 7 Gicurasi 2025, Abakristu bose basabwe kwinjira mu gihe cy’amasengesho yihariye, bifatanya n’isi yose gusenga basaba Roho Mutagatifu kumurikira Abakardinali mu matora […]

ICJ yatesheje agaciro ikirego cya Jenoside Sudani yarezemo Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

May 6, 2025 Kwihangana Joshua 0

Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwanzuye ko rudafite ububasha bwo kwakira no kuburanisha ikirego cya Sudani ishinjamo Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) rwo  kugira uruhare muri […]

Sudani y’Epfo: Imirwano yatambamiye ubutabazi ku bana 60,000 bafite imirire mibi

May 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibigo bibiri by’umuryango w’abibumbye (Loni) byatangaje kuri uyu wa Kane ko imirwano ibera hafi y’umugezi wa Nile muri Sudani y’Epfo yabujije imfashanyo z’ubutabazi kugera ku […]

Posts pagination

« 1 … 56 57 58 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS