• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Autriche: Abantu icyenda barasiwe mu ishuri ryisumbuye bahasiga ubuzima

June 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu icyenda nibo bimaze kumenyekana ko bishwe barasiwe mu ishuri ryisumbuye ryo mu mujyi wa Graz muri Autriche. Minisiteri y’umutekano mu gihugu yavuze ko […]

Muhanga: Batewe impungenge n’isibama ry’ibimenyetso byo mu muhanda

June 10, 2025 ICK News 0

Bamwe mu baturage bagenda ndetse n’abakorera mu Mujyi wa Muhanga bakomeje kugaragaza ko babangamiwe no kuba ibimenyetso byo mu mihanda y’uyu mujyi bitakigaragara neza, ibishobora […]

Nimusabe Roho Mutagatifu Ababohore- Musenyeri Ntagungira abwira abagororerwa i Huye

June 9, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Umwepikopi wa Diyosezi ya Butare, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yasabye abagororwa bakiboshywe n’ubwoba gusaba Roho Mutagatifu kubafasha kubohoka. Musenyeri Ntagungira yavuze ibi kuri iki Cyumweru, […]

BAL5: APR BBC ibaye ikipe ya kabiri yo mu Rwanda igeze muri 1/2

June 9, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Nyuma yo gutsinda Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 104-73 muri 1/4 cya Basketball African League (BAL), APR BBC yahise iba ikipe ya kabiri yo […]

Isura y’Umujyi wa Muhanga ikomeje guhinduka ubutitsa

June 9, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu gihe u Rwanda rukomeje urugendo rw’iterambere ruruganisha mu cyerekezo 2050 igihugu cyihaye, umujyi wa Muhanga ntiwasigaye inyuma muri uwo mujyo. Ibi bigaragarira mu miyoborere […]

UN ivuga ko urubyaro rukomeje kugabanuka ku Isi mu buryo budasanzwe

June 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Namrata Nangia n’umugabo we bamaze igihe batekereza kongera kubyara undi mwana kuva umukobwa wabo w’imyaka itanu yavuka. Ariko buri gihe babitekereje bibaza ikibazo kimwe: ‘Ese […]

Itegeko rikumira abaturage b’ibihugu 12 kwinjira muri Amerika ryatangiye gukurikizwa

June 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Itegeko rishya rya Donald Trump ribuza abaturage b’ibihugu bigera kuri cumi na bibiri, cyane cyane byo muri Afurika no mu Burasirazuba bwo Hagati, kujya muri […]

U Bushinwa: Amavuriro yategetswe gutanga umuti utuma ababyara batababara

June 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Bushinwa bwatangaje ko mbere y’uko uyu mwaka urangira, amavuriro yose yo ku rwego rwa gatatu agomba gutanga umuti utuma abagore batababara (epidural anaesthesia) mu […]

Niger: Croix-Rouge yahagaritse ibikorwa byayo nyuma yo kubitegekwa na Leta

June 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Komite Mpuzamahanga y’Umuryango utabara imbabare, Croix-Rouge (ICRC) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byayo muri Niger nyuma y’uko guverinoma y’iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika itegetse […]

Impungenge kuri zimwe mu nyamaswa zikomeje gukendera

June 8, 2025 Muvunankiko Valens 0

Abashakashatsi n’inzego zifite aho zihuriye n’ibidukikije baratangaza ko hari impungenge zishingiye ku nyamaswa zimwe na zimwe zifitiye abaturage akamaro, ariko zikaba zikomeje kugabanuka ku kigero […]

Posts pagination

« 1 … 46 47 48 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS