• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Abafaransisikani bungutse Ababikira bashya

June 7, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 7 Kamena 2025, Umuryango w’Ababikira b’Abafaransisikani b’Ingoma ya Yezu Kirisitu bungutse ababikira bane, barimo babiri bakoze amasezerano ya mbere […]

Abacanshuro ba Wagner bagiye kuva muri Mali nyuma yo “kurangiza ubutumwa”

June 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Itsinda ry’abacanshuro b’Abarusiya, Wagrner ryavuze ku wa Gatanu ko rigiye kuva muri Mali, nyuma y’icyo ryise “irangira ry’ubutumwa nyamukuru” bwaryo muri icyo gihugu cyo muri […]

Inyungu nshya ku barimu n’uburyo bushya bwo kubona inkunga: Amwe mu mavugururwa ari gukorwa muri Kaminuza zo mu Rwanda

June 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kaminuza zo mu Rwanda, cyane cyane Kaminuza y’u Rwanda (UR), zi gukorwamo amavugurura akomeye agamije kunoza uburyo zikora, uko ziyoborwa, ndetse n’uko zinjiza amafaranga. Mu […]

Kuva mu murima kugera ku isahani: Uko ubuziranenge bw’ibiribwa busuzumwa

June 7, 2025 Manishimwe Janvier 0

Buri munsi, ibiribwa byinshi bigera ku isoko binyuze mu nzira zinyuranye, kuva ku bahinzi n’aborozi kugera ku bacuruzi, ndetse n’umuguzi wanyuma. Inzego zirimo Ikigo cy’u […]

Gupfunyika ibiryo bihiye mu mpapuro: Igisubizo gihetse ibibazo

June 6, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Mu cyumweru gishize, Shima Jado utuye mu Mujyi wa Muhanga yagiye guhaha ibishyimbo bihiye, ibi bakunze kwita Me to You kugira ngo ategure ifunguro rya […]

Banki y’Isi yakuyeho ibihano yafatiye Uganda kubera itegeko rikumira abo muri LGBTQ

June 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Kane Banki y’Isi yatangaje ko igiye gukuraho itegeko rihagarika inguzanyo muri Uganda nyuma y’imyaka ibiri ishize, ubwo icyo gihugu cyashyiragaho itegeko rikumira abantu […]

Muhanga : Abatuye Kabayaza barasaba akarere kubatera ingabo mu bitugu

June 5, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kabayaza, Akagari ka Buramba, Umurenge wa Kabacuzi ho muri Muhanga, barasaba ubuyobozi kububakira ikigega cy’amazi mu rwego rwo gukemura ikibazo […]

Papa Leo XIV yaganiriye na Vladimir Putin

June 5, 2025 Philos Muhire 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Kamena 2025, Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Leo wa XIV yagiranye ikiganiro kuri telefoni na […]

Lee Jae-myung yarahiriye kuba Perezida mushya wa Koreya y’Epfo 

June 4, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Kamena 2025, Lee Jae-myung, watorewe kuyobora Koreya y’Epfo, yarahiriye izi nshingano yizeza abaturage ko agiye kugarura ubumwe mu […]

Bite by’ubukarabiro bwubatswe mu gihe cya Covid-19?

June 4, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ubwo icyorezo cya Covid-19 cyadukaga mu Rwanda, muri Werurwe 2020, hirya no hino hatangiye kubakwa ubukarabiro cyane cyane ku nyubako zihuriramo abantu benshi nk’insengero, amasoko, […]

Posts pagination

« 1 … 47 48 49 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS