• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Kiliziya Gatolika mu Rwanda igiye gutangiza Kaminuza yigisha Tewolojiya

June 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Antoni Kardinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, yatangaje ko hagiye gutangizwa ishuri ryigisha iyobokama (Tewolojiya) kugirango rifashe abogeza […]

Abarenga miliyoni 122 bamaze kuba impunzi kubera intambara mu 2025

June 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umubare w’abantu bavuye mu byabo kubera intambara n’akarengane ku isi hose wariyongereye ku buryo urenga miliyoni 122 muri uyu mwaka bitewe no kubura umuti w’intambara […]

Yubatse amashuri, arihira abanyeshuri…-Padiri Verdonck yasezeweho bwa nyuma

June 12, 2025 Muhire Obed 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025 nibwo Padiri Maurice Verdonck Adelin  yasezeweho bwa nyuma muri Paruwasi ya Musambira yo […]

U Buhinde: Abarenga 240 batikiriye mu mpanuka y’indege yakongotse

June 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege ya sosiyete ya Air India yari igiye i Londres mu Bwongereza itwaye abantu 242 yakoze impanuka hashize iminota itanu ihagurutse mu mujyi wo mu […]

Ngoma: Umujyanama wa Papa yatangije gahunda yo koroza abakiri bato

June 12, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Kamena 2025, Umujyanama wa Papa mu bijyanye n’Uburezi, Prof, Jean Paul Niyigena yatangije gahunda yo koroza abana bakiri […]

U Buhinde: Indege yari itwaye abantu 242 yakoze impanuka ku kibuga cy’indege cya Ahmedabad

June 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege ya Air India yari igiye i Londres itwaye abantu 242 yakoze impanuka hashize iminota mike ihagurutse mu mujyi wo mu burengerazuba bw’u Buhinde wa […]

Afurika y’Epfo: Abantu 49 bishwe n’imyuzure yibasiye Eastern Cape

June 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umubare w’abahitanwe n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi ndetse n’urubura byibasiye Intara ya Eastern Cape muri Afurika y’Epfo guhera mu mpera z’icyumweru gishizje wageze ku bantu 49. […]

Ibyaranze ubuzima bwa Padiri Verdonck wari umaze imyaka 50 mu Rwanda

June 11, 2025 Muhire Obed 0

Ku wa Gatandatu, tariki ya 7 Kamena 2025 nibwo Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi yatangaje ko Padiri Adelin Maurice Verdonck yitabye Imana azize uburwayi. Uyu […]

U Rwanda rwakiriye izindi nkura 70

June 10, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 10 Kamena 2025, Muri Pariki y’Igihugu y’Akagera hagejejwe inkura z’umweru 70 zayimuriwemo zivanwe muri pariki zitandukanye zo muri Afurika y’Epfo. […]

Umurwa mukuru wa Sudani wibasiwe n’inzara-UN

June 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa (WFP) ryatangaje kuri uyu wa Kabiri ko uturere twinshi two mu majyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum, turi mu kaga […]

Posts pagination

« 1 … 45 46 47 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS