Kamonyi-Ngamba: Umuyobozi w’Akarere yijeje ab’i Kabuga umuhanda
Mu birori byo guhimbaza umunsi mukuru w’Ishuri rya Fr. Ramoni Kabuga TSS riherereye mu Murenge wa Ngamba, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Sylvere Nahayo yijeje […]
Mu birori byo guhimbaza umunsi mukuru w’Ishuri rya Fr. Ramoni Kabuga TSS riherereye mu Murenge wa Ngamba, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Sylvere Nahayo yijeje […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Gicurasi 2024, ni umunsi Umuryango mugari wa INES-Ruhengeri wari wahariye kwifatanya n’u Rwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 […]
Umuhanzi Kabalisa Darius ukoresha amazina ya MC Darius mu bushyushyarugamba no mu buhanzi yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Ihorere’. Uyu muhanzi usigaye aba mu Gihugu […]
Abantu benshi, [by’umwihariko igitsina gore] bisiga ibirungo bitandukanye ku bice binyuranye by’umubiri hagamijwe kongera ubwiza no kugaragara neza mu bandi. Ibice binyuranye bigize isura nibyo […]
Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Bwana Rangira Bruno yanenze abakozi bo mu rwego rw’ubuvuzi bavukije ubuzima abo bari bashinzwe kurengera muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye tariki 30 Kamena 2023 igaragaza ko mu turerere 25 n’Umujyi wa Kigali hari amavuriro y’ibanze 134 adakora. […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buratangaza ko imyiteguro yo gufungura Icyambu cya Rubavu irimbanyije kuko biteganyijwe ko kizafungurwa mu kwezi gutaha. Ibi byatangarijwe TNT n’Umuyobozi […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe buratangaza ko nta gahunda ya none aha yo kuba hakorwa umuhanda Kibumwe-Kaduha nk’uko byari byasabwe n’abaturage basanzwe bakoresha uyu muhanda. Bamwe […]
Abaturage bo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Musambira, Akagali ka Karengera, umudugudu wa Kamayanja barasaba koroherezwa kubona amazi meza hafi yabo kuko ubu bagura […]
Mu rukerera rwo kuri uri uyu wa Gatandatu, tariki 18 Gicurasi 2024, imbogo zasohotse muri Pariki y’Ibirunga zirara mu baturage batuye mu tugari tunyuranye two […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS