• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

15:30′ Amatora2024: Amasaha yo gutora yongerewe

July 15, 2024 ICK News 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite. Aya matora […]

Amatora2024: Ibyishimo, Ubwitabire n’Ibyifuzo by’Abanyarwanda baba mu mahanga

July 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe Abanyarwanda baba mu bihugu by’amahanga baramukiye mu matora, bamwe mu batuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barifuza ko mu matora y’Ubutaha hazakoreshwa […]

Kenya: Polisi yasanze ibice by’imibiri y’abagore ahamenwa imyanda

July 14, 2024 AYERA Belyne 0

Nyuma y’uko ku wa Gatanu habonetse imibiri y’abagore batandatu yaciwemo ibice, ku wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, polisi yongeye kubona indi mifuka itanu irimo […]

Uburusiya: Perezida yasinye itegeko rishya ryo kuzamura umusoro ku nyungu

July 13, 2024 AYERA Belyne 0

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ku wa 13 Nyakanga 2024 yashyize umukono ku mushinga ushyiraho itegeko ryo kuzamura imisoro ungana na miliyari zirenga 30$, ugamije […]

Ni ngombwa gusuzumisha amaso buri gihe-Dr Uwemeye

July 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Impuguke mu buvuzi bw’amaso zigaragaza ko kwisuzumisha kenshi ari ingenzi cyane kuko 80% by’indwara z’amaso zoba zishobora kwirindwa. Mu rwego rwo kumenya byinshi ku buryo […]

Bashobora kwibuza amahirwe: Bimwe mu biranga abantu batagize ibihe byiza mu bwana

July 11, 2024 AYERA Belyne 0

Ibihe umuntu yabayemo akiri umwana ni kimwe mu bishobora kugira ingaruka nziza cyangwa mbi ku buzima bwe iyo akuze. Nkuko bigaragazwa n’impuguke mu mitekerereze, gukurana […]

Amatora2024: Amateka y’amatora mu Rwanda

July 11, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tariki ya 14 na 15 Nyakanga 2024, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika yakomatanyirijwe hamwe n’amatora y’abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe kubera impamvu zirimo; […]

Amatora2024: Umusanzu w’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bikorwa bijyanye n’amatora

July 10, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri […]

CECAFA Kagame Cup 2024: APR FC yatsinze umukino wa mbere

July 10, 2024 Darius Shumbusho 0

Ikipe ihagarariye u Rwanda muri CECAFA Kagame Cup y’uyu mwaka, APR FC, yatangiye urugendo neza itsinda Singida Big Stars 1-0. Rutahizamu wa APR FC, Victor […]

WASAC iributsa abaturage kwirinda gusesagura amazi mu gihe cy’impeshyi

July 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kirasaba abaturage kwirinda gusesagura amazi muri iki gihe cy’impeshyi. Ibi byatangajwe nyuma y’uko mu bice bimwe na […]

Posts pagination

« 1 … 148 149 150 … 167 »

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Abahinzi bo muri Koperative COPARWAMU barasaba kwagurirwa ubwanikiro

    Abahinzi bibumbiye muri Koperative COPARWAMU ihinga ibigori mu gishanga cya Rwansamira, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, barataka ikibazo cy’ubwanikiro budahagije kandi bushaje, […]

  • Kugira abahanga badafite ubumuntu ntacyo bimaze – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

    Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) gushyira imbere ubumuntu n’indangagaciro, agaragaza ko ubumenyi budafite umutima w’ubumuntu nta musaruro bufitiye […]

  • Rwanda Premier League yahannye abakinnyi babiri bazira imyitwarire idahwitse

    Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwafatiye ibihano abakinnyi babiri bakinira Etincelles FC na APR FC, nyuma y’ibikorwa byabagaragayeho mu mukino w’umunsi wa 27 wabereye kuri […]

  • Umurage wasizwe na Papa Fransisiko umaze umwaka yitabye Imana  

    Kuri uyu wa Kabiri Tariki 21 Mata 2026, umwaka umwe uruzuye Papa Fransisiko atabarutse, kuko byabaye ku wa 21 Mata 2025, nyuma yo ku mara […]

  • RIB yerekanye abantu icyenda bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye

    Kuri uyu wa 21 Mata 2026 ku cyicaro gikuru cy’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ herekanywe amatsinda abiri y’abantu icyenda mu icumi bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS