• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

IRAQ: Kwemerera abakobwa b’imyaka 9 gushyingirwa byateje impaka z’urudaca

August 9, 2024 AYERA Belyne 0

Inteko Ishinga Amategeko ya IRAQ yatoye itegeko ryo kugabanya imyaka yo gushyingirwa ku bakobwa ikava kuri 18 ikagera ku myaka 9, ni ibintu byateje impaka […]

Ubusesenguzi: Itangazamakuru mu Rwanda rikeneye kuvugurura imikorere

August 8, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ubwo yari mu birori byo kwishimira ibyo Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryagezeho mu myaka ibiri ishize birimo n’Ikinyamakuru gikorera kuri murandasi ‘ICK News’, […]

Tuniziya: Minisitiri w’Intebe yirukanywe

August 8, 2024 Muvunankiko Valens 0

Perezida wa Tuniziya, Kais Saied, yirukanye Minisitiri w’Intebe Ahmed Hachani ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki 7 Kanama 2024 nyuma y’umwaka umwe ari […]

Menya Yahya Sinwar, umuyobozi mushya wa Hamas

August 8, 2024 Kwihangana Joshua 0

Ku wa 06 Kanama 2024, nibwo Hamas yatangaje ko yahisemo Yahya Sinwar, kuba umuyobozi wayo mu bya politiki. Gutorwa kwa Sinwar byakurikiye iyicwa rya Ismail […]

Kutivuza Amaso hakiri kare bikomeje kongera umubare w’abafite ubuhumyi

August 7, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kutivuriza uburwayi bw’amaso igihe ni kimwe mu bihangayikishije kuko biri mu biri kongera umubare w’abantu bafite ubumuga bwo kutabona. Nk’uko bigaragazwa na raporo y’Ishami ry’Umuryango […]

Bangladesh: Nyuma y’iyegura rya Minisitiri w’Intebe, Inteko nayo yasheshwe

August 7, 2024 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 07 Kanama 2024 Perezida wa Bangladesh, Mohammed Shahabuddin yasheshe Inteko Ishinga Amategeko yari igizwe n’abantu 350. Iyi nteko yasheshwe mu […]

Irembo ryatangije Ubukangurambaga bwa ‘Byikorere’ mu Karere ka Kirehe

August 7, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Kuva kuri uyu wa Mbere, Abakozi b’Urubuga ‘Irembo’ bari mu bukangurambaga bwa “Byikorere” mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Kirehe, aho bari guhugura abaturage kuri […]

Kabgayi: Urubyiruko ruributswa ko Kiliziya na Leta biruri hafi

August 6, 2024 Muhire Obed 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Kanama 2024, Urubyiruko rusaga 800 ruturutse muri Paruwasi 31 zigize Diyosezi ya Kabgayi rwatangiye ihuriro rizamara iminsi itanu […]

Umuryango w’Abibumbye wirukanye abakozi bawo 9 bakoreraga muri Gaza

August 6, 2024 ICK News 0

Umuryango w’Abibumbye (UN) wamaze kwirukana abakozi bawo mu Ishami rya UNRWA kuko iperereza ryakozwe n’uyu muryango ryasanze bashobora kuba baragize uruhare mu gitero cyagabwe kuri […]

Imboni y’Ijisho: Kimwe mu bice bishobora gusimbuzwa

August 5, 2024 Philos Muhire 0

Impanuka, indwara, […] ni bimwe mu bishobora gutuma umuntu abura urugingo rw’umubiri yari asanganywe. Akenshi iyo umuntu atakaje urugingo hari igihe ahabwa insimburangingo cyangwa agahabwa […]

Posts pagination

« 1 … 144 145 146 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS