• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Muhanga: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kiracyari ingutu

September 16, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tumwe mu duce tw’akarere ka Muhanga by’umwihariko mu Mujyi no mu nkengero zawo dukomeje guhura n’ikibazo cy’ibura ry’amazi. Bamwe mu baturage bo muri utu duce […]

BetPawa Playoffs: APR BBC yongeye gutsinda Patriots BBC

September 15, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu mikino irindwi ya nyuma ya kamarampaka, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda (APR BBC) yongeye gutsinda Patriots BBC mu mukino wa gatatu bituma iyobora kuko ifite […]

AfroBasket U18: Amakipe yahagarariye u Rwanda ntiyahiriwe

September 15, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 14 Nzeri 2024, nibwo hasojwe imikino yo guhatanira igikombe cya Afurika mu mukino wa Basketball mu batarengeje imyaka 18 […]

Kamonyi yaciye ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri

September 15, 2024 Muvunankiko Valens 0

Muri iyi minsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igikorwa cyo guca ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri mu rwego rwo gukumira akajagari no kwirinda ko ubwinshi […]

RDC: Abashatse guhirika ubutegetsi bakatiwe igihano cy’urupfu

September 14, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 13 Nzeri 2024, abantu 37, barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi, Umunyakanada n’Abanye-Kongo bakatiwe urwo gupfa kubera kugerageza guhirika ubutegetsi […]

Betpawa playoffs: Byasabye iminota y’inyongera ngo APR BBC itsinde umukino wa mbere

September 14, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Bigoranye Ikipe ya APR BBC yatsinze Patriots BBC amanota 102-93 mu mukino wa kabiri w’imikino ya nyuma ya kamarampaka. Iyi ntsinzi ya mbere ya APR […]

Angola ibangamiwe n’Amadeni ifitiye Ubushinwa 

September 14, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu myaka y’1990 kugeza muri 2000, Igihugu cy’u Bushinwa cyagize izamuka rikomeye ry’ubukungu ryatumye gikenera kongera ingano y’ibyo gitumiza mu mahanga. Mubyo ubushinwa bwatumizaga muri […]

Amatora ya Amerika ni uguhitamo hagati y’ibibi bibiri-Papa Fransisiko

September 13, 2024 ICK News 0

Mu Kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ubwo yari mu ndege asubira i Vatikani, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yavuze ko amatora ya perezida muri […]

Manchester City igiye kwisobanura ku birego 115 by’ubukungu

September 13, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kera kabaye iberego 115 Manchester City iregwamo n’abategura irushanwa ryo guhatanira igikombe cya shampiyona mu Bwongereza ‘Premier League’ bizatangira kumvwa guhera ku wa Mbere w’icyumeru […]

Sobanukirwa ‘anthropomorphism’ itera bamwe kugirira amarangamutima ibidafite ubuzima

September 13, 2024 Umutesi Aline 0

Ushobora kuba uzi umuntu ukunda gutonganya ibikoresho bye, cyangwa se akagaragariza amarangamutima ibindi bintu bitari abantu. Kimwe mu byo abashakashatsi bahurizaho ku gitera umuntu kwitwara […]

Posts pagination

« 1 … 132 133 134 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS