• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Visit Rwanda and Arsenal to end eight-season partnership in June 2026

November 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

English Premier League club Arsenal and the Rwanda Development Board (RDB) have jointly announced that their partnership will come to a close at the end […]

No Image

Trump yarengeye igikomangoma cya Arabia Saudite gishinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru

November 19, 2025 Muhire Obed 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]

Fall Ngagne yasubukuye imyitozo, Robertinho arishyurwa: Amakuru ari muri Rayon Sports

November 19, 2025 Ibyimana Cofi 0

Rutahizamu Fall Ngagne ukomoka muri Senegal ukinira Rayon Sports, yongeye kugaragara mu myitozo nyuma y’igihe cy’amezi 10 yari amazemo adakina kubera imvune. Yagarutse mu myitozo […]

Mu Rwanda hatangiye kubakwa laboratwari ya miliyoni 24$ ipima indwara zikomoka ku nyamaswa

November 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangije imirimo yo kubaka laboratwari nshya y’icyitegererezo yo ku rwego rwa gatatu ‘Biosecurity Level 3’, izajya ikoreshwa mu gusuzuma no kugenzura indwara […]

Umuririmbyi Ishimwe Vestine yaciye amarenga yo gutandukana n’umugabo we

November 18, 2025 Kabano Patrick 0

Umuririmbyi w’ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yo gutandukana n’umugabo we, Idrissa Jean Luc Ouédraogo, nyuma yo gushyira ubutumwa kuri Instagram […]

Abayobozi ba OIF barahurira i Kigali mu nama yiga ku iterambere ry’imiyoborere y’abagore

November 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gihe Abaminisitiri b’Ibihugu bivuga Igifaransa n’abandi bayobozi bateraniye i Kigali mu nama ya mbere ya OIF ibereye muri Afurika y’Iburasirazuba, isi yose ihanze amaso […]

Perezida wa Tanzania yashyize umukobwa we n’umukwe we muri Guverinoma nshya

November 18, 2025 ICK News 0

Perezida Samia Suluhu Hassan yashyize umukobwa we witwa Wanu Hafidh hamwe n’umugabo we (umukwe wa Perezida) muri guverinoma nshya ya Tanzania, bitera benshi kubyibazaho ku […]

Muhanga: Hari abinubira urusaku ruturuka mu tubari mu mpera z’icyumweru

November 17, 2025 ICK News 0

Bamwe mu baturage baturiye utubari two mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko mu mpera z’icyumweru badasinzira neza, bitewe n’urusaku rukabije ruterwa n’imyidagaduro irangwa muri utwo […]

Investing in youth is investing in Africa’s future — Ambassador Nkurunziza Williams

November 16, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ambassador Nkurunziza Williams, the Commissioner for Media and Culture at the Pan African Movement, has emphasized that anyone thinking about Africa’s future must begin by […]

Amavubi aguye miswi na Al-Hilal mu mukino wa gicuti

November 16, 2025 Ibyimana Cofi 0

Ikipe y’u Rwanda amavubi y’abakinnyi bakina imbere mu gihugu yakinnye umukino wa Gicuti n’ikipe ya Al- Hilal yo muri Sudan, uragira ntayibashije kureba mu izamu […]

Posts pagination

« 1 … 44 45 46 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS