• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Sudani y’Epfo: Amerika yasabye Perezida Kiir gufungura Visi-Perezida ufungiye mu rugo

March 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kane, Leta Zunze ubumwe za Amerika zasabye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir gufungura Visi-Perezida we, Riek Machar nyuma y’uko ishyaka ry’uyu […]

Hafi ½ cy’abatuye isi barwaye indwara zo mu kanwa

March 27, 2025 Philos Muhire 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riratangaza ko indwara zo mu kanwa n’amenyo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange kandi cyugarije ibihugu byinshi. OMS ivuga […]

Perezida Trump yatangaje umusoro wa 25% ku modoka zinjizwa muri Amerika

March 27, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje umusoro mushya wa 25% ku modoka n’ibyuma byazo byinjira muri Amerika, icyemezo gishobora gukomeza gukaza […]

Perezida Zelensky yasabye Amerika gufatira ibihano u Burusiya

March 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yahamagariye Leta zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gufatira ibihano u Burusiya kuko ngo butari gukurikiza “amahoro […]

Koreya y’Epfo: Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkongi y’umuriro

March 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Imibare iheruka gutangwa na Minisiteri y’umutekano muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, iragaragaza ko nibura abantu 24 bapfuye abandi 26 […]

Amavubi yaguye miswi na Lesotho

March 26, 2025 Darius Shumbusho 0

lkipe y’igihugu y’urwanda yongeye kubura intsinzi mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026 nyuma yo kunganya na Lesotho 1-1 mu mukino wa gatandatu w’itsinda […]

Sepp Blatter wahoze ayobora FIFA na Michel Platini bahanaguweho ibyaha bya ruswa

March 25, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa kabiri, uwahoze ari Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), Sepp Blatter n’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Umufaransa Michel Platini, bombi bagizwe abere […]

Kayonza: Abajyanama b’ubuzima 15 bahembwe amagare kubera umuhate wabo mu kurwanya igituntu

March 25, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abajyanama b’ubuzima 15 bo mu karere ka Kayonza mu ntara y’iburasirazuba babaye indashyikirwa mu kurwanya indwara y’igituntu, bahembwe amagare ndetse basabwa kongera imbaraga mu guhashya […]

Leta y’u Rwanda irashaka kujya igira uruhare ku nyigisho zitangwa n’abanyamadini 

March 25, 2025 IRATUZI Bardine 0

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Patrice Mugenzi yatangaje ko Leta y’u Rwanda igiye kujya igira uruhare ku nyigisho zitangwa mu nsengero kuko bimaze kugaragara ko bamwe […]

Miliyoni 6 zizicwa na SIDA mu myaka 4 iri imbere – Umuyobozi wa UNAids

March 25, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Mbere i Geneva, Umuyobozi mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA (UNAids) Madamu Winnie Byanyima yaburiye Isi ko mu myaka itandatu iri […]

Posts pagination

« 1 … 135 136 137 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS