• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Uncategorized

Perezida Biden yahamijeko iyo yiyamamaza aba yaratsinze Trump

January 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba […]

Rulindo&Gicumbi: Hatangijwe Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’

January 11, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu […]

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Trump arateganya guhura na Putin

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]

USA : Inkongi y’umuriro ikomeje guhitana abantu i Los Angeles

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]

2024: Umwaka waciye agahigo ko kurenza ubushyuhe bwa 1.5ºC

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]

Ikibazo cy’amazi adahagije mu Karere ka Kamonyi kiri gushakirwa umuti urambye

January 10, 2025 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu batuye mu gice cy’Amayaga kigizwe n’imirenge ya Mugina, Nyamiyaga, Nyarubaka ndetse n’igice cy’Umurenge wa Musambira barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amazi mu buryo buhoraho. […]

Perezida Kagame yashyize umucyo ku kibazo cy’abatinda guhabwa ingurane

January 10, 2025 Dushimimana Innocent 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko bidakwiye ko hari abaturage bimurwa mu buryo butanyuze mu mucyo ku buryo hari n’abariganywa imitungo yabo. […]

Perezida Kagame yagaragaje ko kwishyurana mu madorali bidakwiye

January 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Kane taraki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yavuze ku kwishyura no kwishyurwa mu mafaranga y’amanyamahanga bihanwa n’amategeko, […]

Impinduka ntiziraba-Perezida Kagame

January 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]

Posts pagination

« 1 … 103 104 105 … 201 »

AMAKURU MASHYA

  • Nyampinga wa Austria 2024 Lucia Sisic yapfuye afite imyaka 22

    Lucia Sisic, wari ufite ikamba rya Nyampinga wa Austria 2024, yapfuye afite imyaka 22, nk’uko byatangajwe n’umuryango uteguraga iri rushanwa, Mission Austria. Urupfu rwe rwamenyekanye […]

  • Umunyarwanda arashaka kwandika amateka muri Champions League ku mukino azahuramo na Man united

    Umukinnyi w’u Munyarwanda, Joy-Lance Mickels usanzwe ari umufana wa Manchester United kuva akiri umwana, arakabya inzozi yaramaranye igihe kinini zo gukina n’ikipe yihebeye ubwo ikipe […]

  • Senegal: Abadepite banenze Minisitiri w’Intebe ku masezerano mashya na IMF

    Abadepite batavuga rumwe na Guverinoma ya Senegal bagaragaje kutemeranya n’amasezerano mashya igihugu cyabo cyagiranye n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), bavuga ko ashobora gutuma Senegal irushaho kugengwa […]

  • Abanyamahanga bakorera muri Kenya bahawe iminsi 90 yo kuvugurura ibyangombwa

    Guverinoma ya Kenya yahaye abanyamahanga bakorera cyangwa bakora ubucuruzi muri icyo gihugu igihe cy’iminsi 90 cyo kubona cyangwa kuvugurura ibyangombwa bisabwa, birimo impushya zo gukora […]

  • Umujyi wa Kigali wahamagariye abafatanyabikorwa kuwurimbisha mu gihe cy’iminsi mikuru isoza 2026

    Umujyi wa Kigali wasabye ibigo bya Leta, iby’abikorera, ibigo by’ubucuruzi, imiryango itari iya Leta n’abandi bafatanyabikorwa kugira uruhare mu kurimbisha Umujyi mu minsi mikuru isoza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS