• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUZIMA

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

Abanyarwanda babiri bagaragaweho ‘Monkeypox’, RBC Itanga Umuburo

July 28, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hamaze kugaragara babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende izwi nka ‘Monkeypox’. RBC ivuga ko abo iyi ndwara […]

ICK: Umwe mu banyeshuri yitabye Imana

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanaga 2024 nibwo humvikanye inkuru mbi ko Uzamurera Margaritte wari umunyeshuri muri ICK yitabye Imana. Uzamurera yari umunyeshuri […]

Uburyo warinda amaso ukoresheje ’20-20-20′

July 18, 2024 Philos Muhire 0

Mu gihe akazi ka benshi mu bantu gatuma bahugira ku bintu binyuranye ngo akazi kagende neza, hari abibaza bati ese ‘ni iki nakora ngo ndide […]

Ni ngombwa gusuzumisha amaso buri gihe-Dr Uwemeye

July 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Impuguke mu buvuzi bw’amaso zigaragaza ko kwisuzumisha kenshi ari ingenzi cyane kuko 80% by’indwara z’amaso zoba zishobora kwirindwa. Mu rwego rwo kumenya byinshi ku buryo […]

Don’t Wait Until It’s Too Late: Dr. Livin Warns of Eye Disease Risks

July 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Eye diseases are among the most common health issues people face, but according to ophthalmology experts, 80% of these conditions are preventable. Therefore, it is […]

Agahinda gakabije n’umuhangayiko bikomeje kugaragara cyane mu bagabo

July 9, 2024 Muhire Obed 0

Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bwo m’umutwe zirasaba abantu bose kwisuzumisha kugira ngo bamenye uko bahagaze cyane cyane abagabo kuko ubushakashatsi bugaragaza ko imibare y’abagabo irihe […]

Kwibohora30: Urugendo rwo kongera kwiyubaka mu myaka 30 ishize

July 4, 2024 AYERA Belyne 0

Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi […]

‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

July 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Posts pagination

« 1 … 20 21 22 »

AMAKURU MASHYA

  • Musenyeri Hodari yasabye abiga muri EP St. Stanislas bahawe Amasakramentu yibanze gukunda Yezu nk’uko nawe abakunda

    Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abana 60 bahawe amasakaramentu y’ibanze muri Ecole Primaire Saint Stanislas Ruyenzi kwakirana umutima […]

  • Pariki ya Nyandungu igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubugeni n’ibidukikije

    Pariki ya Nyandungu, imwe mu hantu nyaburanga hakomeje gukurura abakerarugendo benshi mu Mujyi wa Kigali, igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga rizahuza abahanzi n’abanyabugeni bo hirya no […]

  • Perezida Kagame yakiriye intumwa z’abayobozi b’ibigo bikomeye byo muri Panama

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa zigizwe n’abanyamuryango 19 b’umuryango Mpuzamahanga w’Abayobozi Bakiri Bato b’Ibigo n’Abashoramari (Young Presidents’ Organization), YPO, n’abo bashakanye, […]

  • Afurika y’Epfo: Imyigaragambyo yamagana abimukira ikomeje gufata intera

    Imyigaragambyo yamagana abimukira badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko ikomeje kwiyongera muri Afurika y’Epfo mu gihe igihugu cyitegura amatora y’inzego z’ibanze ateganyijwe kuba mu Ugushyingo uyu mwaka. […]

  • Abarerera muri College Sainte Marie Reine Kabgayi basabwe kutihunza inshingano zo kurera mu gihe cy’ibiruhuko

    Ababyeyi barerera mu Ishuri rya College Sainte Marie Reine Kabgayi, basabwe kurushaho kwita ku burere no gukurikirana abana babo mu gihe cy’ibiruhuko, kugira ngo bakomeze […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS