• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUZIMA

Abanyarwanda babiri bagaragaweho ‘Monkeypox’, RBC Itanga Umuburo

July 28, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hamaze kugaragara babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende izwi nka ‘Monkeypox’. RBC ivuga ko abo iyi ndwara […]

ICK: Umwe mu banyeshuri yitabye Imana

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanaga 2024 nibwo humvikanye inkuru mbi ko Uzamurera Margaritte wari umunyeshuri muri ICK yitabye Imana. Uzamurera yari umunyeshuri […]

Uburyo warinda amaso ukoresheje ’20-20-20′

July 18, 2024 Philos Muhire 0

Mu gihe akazi ka benshi mu bantu gatuma bahugira ku bintu binyuranye ngo akazi kagende neza, hari abibaza bati ese ‘ni iki nakora ngo ndide […]

Ni ngombwa gusuzumisha amaso buri gihe-Dr Uwemeye

July 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Impuguke mu buvuzi bw’amaso zigaragaza ko kwisuzumisha kenshi ari ingenzi cyane kuko 80% by’indwara z’amaso zoba zishobora kwirindwa. Mu rwego rwo kumenya byinshi ku buryo […]

Don’t Wait Until It’s Too Late: Dr. Livin Warns of Eye Disease Risks

July 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Eye diseases are among the most common health issues people face, but according to ophthalmology experts, 80% of these conditions are preventable. Therefore, it is […]

Agahinda gakabije n’umuhangayiko bikomeje kugaragara cyane mu bagabo

July 9, 2024 Muhire Obed 0

Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bwo m’umutwe zirasaba abantu bose kwisuzumisha kugira ngo bamenye uko bahagaze cyane cyane abagabo kuko ubushakashatsi bugaragaza ko imibare y’abagabo irihe […]

Kwibohora30: Urugendo rwo kongera kwiyubaka mu myaka 30 ishize

July 4, 2024 AYERA Belyne 0

Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi […]

‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

July 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]

Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

June 11, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo […]

Nyamagabe-Kibirizi: Barashima ko hari icyakozwe ku buke bw’abaforomo

June 6, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Nyuma y’amezi arenga ane yari ashize Ikigonderabuzima cya Kibirizi gifite abaforomo batarenze batatu, kuri ubu abahivuriza barashima ko hari icyakozwe kuri icyo kibazo. Nyuma yo […]

Posts pagination

« 1 … 20 21 22 »

AMAKURU MASHYA

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

  • Rwanda’s media sector found rich in experience but facing financial and structural challenges

    A new study on Rwanda’s media sector has revealed a profession filled with experienced and committed practitioners, but one still struggling with low pay, unstable […]

  • ICK: Abanyeshuri beretswe uko bakwitegura guhangana ku isoko ry’umurimo

    Mu rwego rwo gukomeza kuzamura ireme ry’uburezi no gufasha abanyeshuri guhuza amasomo n’ibikorwa bifatika, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), ryateguye ikiganiro cyihariye cyagenewe abanyeshuri […]

  • Muhanga: Abanyeshuri bo muri Cyeza bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

    Urubyiruko rwo mu mashuri abanza n’ayisumbuye yo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, rwazindukiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS