Ibihugu byatangiye gucyura abaturage babyo bari muri Iran na Israel kubera intambara
Ibihugu byo hirya no hino ku isi byafashe ingamba zo kuvana abenegihugu babyo muri Israel na Iran mu gihe ibi ibihugu byombi byinjiye ku munsi […]
Ibihugu byo hirya no hino ku isi byafashe ingamba zo kuvana abenegihugu babyo muri Israel na Iran mu gihe ibi ibihugu byombi byinjiye ku munsi […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), binyuze mu Rwego rw’Ububanyi n’Amahanga (State Department), yatangaje kuri uyu wa Gatatu ko yongeye gusubukura itangwa rya viza ku […]
Leta ya Uganda yongeye gusubukura ibiganiro bijyanye no gushyiraho umushahara fatizo w’igihugu, icyemezo cyari kimaze igihe kinini cyifuzwa cyane ku isoko ry’umurimo muri Uganda aho […]
Mu gihe benshi bari bamenyereye ko indangamuntu ihabwa umuntu ugejeje ku myaka 16, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA) kiratangaza ko guhera muri Nyakanga 2025, kizatangira […]
Abantu 15 bamaze kumenyekana ko biciwe mu bitero u Burusiya bwagabye ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, naho abandi benshi babikomerekeramo. Ibi bitero byabaye mu […]
Mu ntangiriro z’uku kwezi, Ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali RALGA ryateraniye mu nteko rusange yaryo ya 29 ritora abayobozi baburaga mu kuzuza inzego zagenwe, ariko […]
Abayobozi b’ibihugu birindwi bikize ku Isi, byibumbiye mu itsinda rya G7 basabye ko imvururu zigabanuka mu Burasirazuba bwo Hagati, harimo no guhagarika intambara muri Gaza […]
Inteko inshinga amategeko ya Uganda yatangaje kuri uyu wa Mbere ko Perezida w’icyo gihugu, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha […]
Abayobozi batatu bo hejuru muri Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko Perezida Donald Trump yanze umugambi wa Israel wo kwica umuyobozi w’ikirenga […]
Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko bitarenze mu mwaka wa 2029, abanyeshuri bose bo mu mashuri abanza bazaba bari kwiga igice kimwe aho kwiga mu byiciro “Double […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS