Kenya: Umushinga wa Perezida Ruto wo kubaka urusengero ntuvugwaho rumwe
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]
Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]
Amatsinda aharanira uburenganzira bw’abaturage muri Togo avuga ko nibura abantu barindwi bishwe mu gihe inzego z’umutekano zatataanyaga abigaragambyaga basaba ko Perezida w’iki gihugu, Faure Gnassingbé, […]
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]
Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko agahenge hagati ya Israel na Iran katangiye gushyirwa mu bikorwa, […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yavuze ko hari ababyeyi bagitekereza ko abana barangije amashuri abanza baba barangije kwiga. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi ushinzwe politiki n’igenamigambi muri iyi Minisiteri, […]
Ministeri y’Ingabo mur Niger yahamije ko abantu bitwaje intwaro barenga 200 bari kuri moto bagabye igitero ku kigo cya gisirikare cyo muri icyo gihugu kiri […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS