Elon Musk agiye gushinga ishyaka rishya rya politiki
Elon Musk yatangaje ko agiye gutangiza ishyaka rishya rya politiki, nyuma y’ibyumweru adacana uwaka na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Uyu […]
Elon Musk yatangaje ko agiye gutangiza ishyaka rishya rya politiki, nyuma y’ibyumweru adacana uwaka na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Uyu […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rutagendera ku mategeko y’amahanga ahubwo ko ruyoborwa n’amahitamo yarwo hashingiwe ku nyungu z’abaturage n’indangagaciro […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]
Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]
Amatsinda aharanira uburenganzira bw’abaturage muri Togo avuga ko nibura abantu barindwi bishwe mu gihe inzego z’umutekano zatataanyaga abigaragambyaga basaba ko Perezida w’iki gihugu, Faure Gnassingbé, […]
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]
Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko agahenge hagati ya Israel na Iran katangiye gushyirwa mu bikorwa, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS