Trump yatangaje agahenge hagati ya Israel na Iran, asaba impande zombi kukubahiriza
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko agahenge hagati ya Israel na Iran katangiye gushyirwa mu bikorwa, […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko agahenge hagati ya Israel na Iran katangiye gushyirwa mu bikorwa, […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yavuze ko hari ababyeyi bagitekereza ko abana barangije amashuri abanza baba barangije kwiga. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi ushinzwe politiki n’igenamigambi muri iyi Minisiteri, […]
Ministeri y’Ingabo mur Niger yahamije ko abantu bitwaje intwaro barenga 200 bari kuri moto bagabye igitero ku kigo cya gisirikare cyo muri icyo gihugu kiri […]
Ibihugu byo hirya no hino ku isi byafashe ingamba zo kuvana abenegihugu babyo muri Israel na Iran mu gihe ibi ibihugu byombi byinjiye ku munsi […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), binyuze mu Rwego rw’Ububanyi n’Amahanga (State Department), yatangaje kuri uyu wa Gatatu ko yongeye gusubukura itangwa rya viza ku […]
Leta ya Uganda yongeye gusubukura ibiganiro bijyanye no gushyiraho umushahara fatizo w’igihugu, icyemezo cyari kimaze igihe kinini cyifuzwa cyane ku isoko ry’umurimo muri Uganda aho […]
Mu gihe benshi bari bamenyereye ko indangamuntu ihabwa umuntu ugejeje ku myaka 16, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA) kiratangaza ko guhera muri Nyakanga 2025, kizatangira […]
Abantu 15 bamaze kumenyekana ko biciwe mu bitero u Burusiya bwagabye ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, naho abandi benshi babikomerekeramo. Ibi bitero byabaye mu […]
Mu ntangiriro z’uku kwezi, Ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali RALGA ryateraniye mu nteko rusange yaryo ya 29 ritora abayobozi baburaga mu kuzuza inzego zagenwe, ariko […]
Abayobozi b’ibihugu birindwi bikize ku Isi, byibumbiye mu itsinda rya G7 basabye ko imvururu zigabanuka mu Burasirazuba bwo Hagati, harimo no guhagarika intambara muri Gaza […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS