Modi, Macron…Abasare b’indege
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Mu gihe isi ikomeje guhinduka cyane, aho ubukungu, umutekano, n’imibanire mpuzamahanga bisaba guhora uri aho bibera, bamwe mu bayobozi b’ibihugu batangiye kumenyekana nk’“abasare b’indege” kuko […]
Elon Musk yatangaje ko agiye gutangiza ishyaka rishya rya politiki, nyuma y’ibyumweru adacana uwaka na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Uyu […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rutagendera ku mategeko y’amahanga ahubwo ko ruyoborwa n’amahitamo yarwo hashingiwe ku nyungu z’abaturage n’indangagaciro […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko agiye kubaka urusengero ku rugo rwa Perezida i Nairobi, akazarwubakisha ku giti cye, kandi avuga ko ntacyo akwiye […]
Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]
Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]
Amatsinda aharanira uburenganzira bw’abaturage muri Togo avuga ko nibura abantu barindwi bishwe mu gihe inzego z’umutekano zatataanyaga abigaragambyaga basaba ko Perezida w’iki gihugu, Faure Gnassingbé, […]
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]
Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS