• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Trump na Musk bongeye gushyamirana

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]

Minisiteri y’Umutekano yashyize ahagaragara ibirebana n’itegeko rigenga imbunda zitica

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Mu rwego rwo kurushaho kwimakaza umutekano rusange imbere mu gihugu no kunoza imikoreshereze y’intwaro zidahitana ubuzima, Minisiteri y’Umutekano yashyize hanze amabwiriza mashya agenga itumizwa, igurishwa, […]

Togo: Barindwi bamaze kugwa mu myigaragambyo isaba perezida kwegura

June 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amatsinda aharanira uburenganzira bw’abaturage muri Togo avuga ko nibura abantu barindwi bishwe mu gihe inzego z’umutekano zatataanyaga abigaragambyaga basaba ko Perezida w’iki gihugu, Faure Gnassingbé, […]

WASAC irasabwa kuvugurura uburyo bwo kwishyura amazi

June 30, 2025 ICK News 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]

Kwibohora 31: Ingabo za EAC zigiye kuvura Abanyarwanda ku buntu

June 27, 2025 Philos Muhire 0

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rugiye kwakira itsinda ry’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zizaza mu bikorwa by’iterambere ry’abaturage […]

Urubyiruko rwiganje mu bakoresha bakanacuruza ibiyobyabwenge

June 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]

Abarenga ibihumbi 200 bagiye gukora ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza

June 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]

Imishinga yitezweho gukomeza guhindura isura ya Musanze

June 27, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]

Muhanga: Uko nibiwe kuri ‘Plateau’

June 26, 2025 ICK News 0

Nitwa Sylvie Mutoni, nkaba niga mu mwaka wa mbere w’Ishami ry’Itangazamakuru mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK). Ubwo nari mvuye ku ishuri nerekeza aho […]

Imbuga nkoranyambaga, isoko y’ubwiyongere bw’agahinda gakabije

June 24, 2025 ICK News 0

Mu mwaka wa 1999, uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, BlackBerry, rwashyize ahagaragara igikoresho cyari gifite bimwe mu bigize ubushobozi bwa telefoni zigezweho muri iki gihe. Muri […]

Posts pagination

« 1 … 93 94 95 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS