Kamonyi: Bijejwe ko amatora azaba bafite amashanyarazi none amezi abaye atanu
Hashize igihe abaturage mu tugari twa Mpushi na Kavumu mu Murenge wa Musambira bavuga ko bahawe amapoto y’umuriro mu duce batuyemo babwirwa ko bazahabwa umuriro […]
Hashize igihe abaturage mu tugari twa Mpushi na Kavumu mu Murenge wa Musambira bavuga ko bahawe amapoto y’umuriro mu duce batuyemo babwirwa ko bazahabwa umuriro […]
Tariki ya 5 Ugushyingo 2024 nibwo Donald Trump yongeye gutorerwa kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gutsinda Kamala Harris wari uhagarariye Ishyaka ry’Abademokarate. […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO) rivuga ko miliyoni 244 z’abana n’urubyiruko bari hagati y’imyaka 6 na 18 ku isi hose bavuye […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko guverinoma y’iki gihugu igiye gushyiraho amategeko abuza abana bari munsi […]
Muri iki gitondo, nibwo inkuru yabaye kimomo ko Donald John Trump yatsindiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine iri imbere. Iyi […]
Ubushakashatsi bwasohotse muri ‘Journal Science’ bwerekanye ko kugabanya isukari mu minsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana bigabanya ibyago byo kurwara indwara zidakira mu gihe yakuze. […]
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo, abaturage bagera mu ma miliyoni z’Abanyamerika baratora Umukuru w’Igihugu. Ni amatora ahanzwe amaso cyane n’ingeri z’abantu banyuranye […]
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024, Miliyoni z’abanyamerika baramukiye mu gikorwa cy’amatora yo guhitamo perezida wa 48 uzayobora iki gihugu mu myaka […]
Mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika arimbanyije muri leta zitandukanye z’iki gihugu, ibyamamare mu ngeri zitandukanye zagiye zigaragaza uruhande zihagazeho. […]
Each year on November 1st, the Catholic Church honors All Saints’ Day, a day of reverence for both named and unnamed saints. This globally significant […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS