• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

‘Pallium’ mu mateka ya Kiliziya Gatolika n’icyo isobanura

December 6, 2024 Umutesi Aline 0

Tariki ya 14 Nyakanga 2019 kuri Paruwasi ya Rulindo yo muri Arkidiyosezi ya Kigali, Antoni Kardinali Kambanda nibwo yambitswe Indangabubasha ‘Pallium’ n’uwari intumwa ya Papa […]

Koreya y’Epfo, aho Abaperezida badakunze guhirwa n’iherezo ry’ubutegetsi bwabo

December 5, 2024 Philos Muhire 0

Ubu Perezida Yoon Suk Yeol wa Koreya y’Epfo ari ku gitutu gikomeye cy’abaturage nyuma yo gushaka gushyiraho itegeko rigena ibihe bidasanzwe mu gihugu by’igihe gito […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa Michel Barnier yatakarijwe icyizere

December 5, 2024 ICK News 0

Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, yatakarije icyizere Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier wari umaze amezi atatu gusa agiye kuri uwo mwanya. Amashyaka atavuga […]

Ibintu 5 ushobora kuba utazi kuri Katederali ‘Notre Dame’ y’i Paris  

December 3, 2024 Umutesi Aline 0

Ku Cyumweru, tariki ya 8 Ukuboza 2024, i Paris mu murwa mukuru w’Ubufaransa hateganyijwe ibirori byo kongera gufungura Ketederali ‘Notre Dame’ nyuma y’imyaka itanu iri […]

Abenshi bashyigikiye kubuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga

December 3, 2024 Umutesi Aline 0

Ku wa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2024, Igihugu cya Australia cyemeje umushinga w’itegeko ribuza abangavu n’ingimbi bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zirimo […]

Guinea: Abasaga 50 bapfiriye muri sitade y’umupira w’amaguru

December 2, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 ugushyingo 2024, ubuyobozi bw’Igihigu cya Guinea bwatangaje ko nibura abantu 56 bapfiriye muri sitade mu gihe abandi benshi […]

Gicumbi: Umuntu umwe yahitanywe n’indi mpanuka y’imodoka

December 2, 2024 Ishimwe Honore 0

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, Haragirimana Theogene yagonzwe n’imodoka itwara abagenzi ahita yitaba Imana. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu […]

Mu mibare: Menya uko Ubwandu bwa SIDA buhagaze mu Rwanda no ku Isi

December 1, 2024 Philos Muhire 0

Uyu munsi, tariki ya 1 Ukuboza, ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya SIDA. Ni muri urwo rwego ICK News yifashishije imibare y’ibigo binyuranye hirya no hino […]

Banki Nkuru ya Uganda yibwe

November 29, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ejo kuwa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2024, nibwo inkuru yabaye kimomo ko  Banki Nkuru ya Uganda yagabweho igitero cy’Ikoranabuhanga, ikibwa miliyali 62 z’amashiringi ya […]

Ukraine: Ibitero by’Uburusiya byateje ibura ry’umuriro ku miryango irenga miliyoni

November 28, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu ijoro ryakeye, i Kyiv, muri Ukraine, imiryango irenga miliyoni yabuze umuriro mu gihe kirenga amasaha 9 nyuma y’igitero cyagabwe n’Uburusiya ku bikorwa remezo bifite […]

Posts pagination

« 1 … 60 61 62 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS