Mali: Guverinoma iyobowe n’igisirikare yasheshe amashyaka ya politiki
Ku wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Guverinoma iyobowe n’igisirikare muri Mali yatangaje ko yasheshe amashyaka yose ya politiki akorera mu gihugu, ishyira mu […]
Ku wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Guverinoma iyobowe n’igisirikare muri Mali yatangaje ko yasheshe amashyaka yose ya politiki akorera mu gihugu, ishyira mu […]
Ibitaro byo mu majyaruguru ya Gaza byavuze ko Abanya-Palestina basaga 48 biciwe mu bitero by’indege za gisirikare za Isiraheli byagabwe mu ijoro ku wa 13 […]
Impuguke mu mirire ziraburira abantu ko gukoresha umunyu mwinshi bishyira ubuzima bwa miliyoni z’abantu mu kaga. Mu cyumweru mpuzamahanga cyahariwe kuzirikana ingaruka z’umunyu, cyizihizwa kuva […]
Kuri uyu wa Kabiri, Polisi yo mu ntara ya Punjab mu gihugu cy’Ubuhinde, yatangaje ko abantu 14 bamaze kwitaba Imana naho abandi batandatu bakaba bajyanywe […]
Itsinda rya mbere ry’abazungu 59 b’Abanyafurika y’Epfo ryageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye guhabwa ubuhungiro bemerewe na perezida Donald Trump. BBC dukesha […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa byemeranyije amasezerano yo kugabanya imisoro buri gihugu cyari cyarashyize ku bicuruzwa biva mu bihugu byombi mu gihe cy’iminsi […]
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]
Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]
Mu isengesho rye rya mbere rya Regina Coeli (Umwamikazi w’Ijuru), Papa Leo wa XIV yatanze ubutumwa bukomeye busaba ihagarikwa ry’intambara zikomeje mu bice bitandukanye by’isi, […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10 Gicurasi 2025, Pakistan n’Ubuhinde byatangaje ko byemeranyije guhagarika imirwano byari bimazemo iminsi, nyuma y’ubwiyongere n’ubushyamirane bwari bumaze guhitana […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS