Amashuri ya Leta cyangwa ayigenga: Ireme ry’uburezi ku munzani
Mu myaka isaga mirongo itatu ishize, Abanyarwanda bari bafite amahitamo macye ku bijyanye n’amashuri y’abana. Uburezi mu Rwanda bwari bufitwe mu biganza na Leta n’abafatanyabikorwa […]
Mu myaka isaga mirongo itatu ishize, Abanyarwanda bari bafite amahitamo macye ku bijyanye n’amashuri y’abana. Uburezi mu Rwanda bwari bufitwe mu biganza na Leta n’abafatanyabikorwa […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 13 Ukuboza 2024, Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 1137 barirangirijemo. Ibi birori byari bibaye […]
Umurari ni imwe mu ndwara zibasira amaso zikayazengereza cyane aho umuntu aba atabasha kureba neza ku buryo umuntu umubonye aba abona atareba mu kerekezo kimwe. […]
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice yibukije Abaturarwanda ko kurwanya ruswa ari inshingano za buri wese. Ibi yabivugiye mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe […]
Ku wa Gatanu, tariki ya 6 Ukuboza 2024, nibwo komite nshya y’Umuryango w’abanyeshuri bahagarariye abandi mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (AGE-ICK) yarahiriye gutangira inshingano […]
Kuva tariki ya 2 kugeza ku ya 7 Ukuboza 2024, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byakiriye inzobere mu buvuzi bw’amaso zaturutse mu gihugu cy’Ububiligi, zije guhugura […]
Muhanga, Gahogo (ICK News)- Abakristo bo mu Itorero ry’Abadivantisite b’Umunsi wa Karindwi, itorero rya Gahogo, bakusanyije ibihumbi 900 Frw, imyenda, ibikoresho by’isuku byo gufasha abagororwa […]
Umuyobozi mukuru w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), Padiri Prof. Fidèle Dushimimana yibukije Komite nshya y’Umuryango w’Abanyeshuri bahagarariye abandi (AGE-ICK) ko kuba umuyobozi bigoye kurusha […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 6 Ukuboza 2024, intumwa z’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ), Umuryango utanga ubufasha mu by’amategeko (Legal Aid Forum – LAF), n’Umuryango w’abanyamakuru […]
Koperative Abishyize hamwe y’abafite ubumuga ikora amasabune irasaba kunganirwa kugira ngo babone ubushobozi bwo guhangana n’abandi ku isoko. Ni koperative ikorera mu murenge wa Rukomo, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS