• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Kirehe: Barishimira isanwa ry’Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyabitare

April 14, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bo mu Murenge wa Nyarubuye, Akarere ka Kirehe barishimira ko urwibutso ruruhukiyemo imibiri y’ababo rwasanwe nyuma y’imyaka irenga […]

Kwibuka31: Abanyapolitiki barwanyije umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi bibutswe

April 13, 2025 Philos Muhire 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hasorejwe Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa […]

“Turifuza u Rwanda ruzira imvugo za Bagosora” — Minisitiri Mugenzi

April 13, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]

Ngoma: Bongeye gusaba ko kubaka Urwibutso rwa Jenoside rwa Zaza byitabwaho

April 13, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma bongeye gusaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byashyirwa mu ngengoyimari y’akarere. […]

Ibyo wamenya ku Bepiskopi Gatolika b’u Rwanda

April 13, 2025 Umutesi Aline 0

Ku wa 2 Gashyantare 1900 ni bwo Myr Hiriti n’abo bari kumwe bageze mu Rwanda. Ku wa 8 Gashyantare uwo mwaka, Abamisiyoneri bakambitse i Save, […]

Bimwe mu byaranze tariki ya 12 Mata 1994

April 12, 2025 ICK News 0

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Jenoside yakorewe Abatutsi yarakomeje hirya no hino mu gihugu. Nk’uko bigaragara mu nyandiko yateguwe na Minisitiri […]

Muhanga-Shyogwe: Imyaka ibiri yo kuvana abatishoboye mu bukene iratanga icyizere

April 11, 2025 ICK News 0

Jean Baptiste Gatete na Daphrose Nyirabahenda, batuye mu Mudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe w’Akarere ka Muhanga, barashimira ubufasha bahawe binyuze mu […]

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Alain Muku yasezeweho bwa nyuma

April 10, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Mata 2025 nibwo Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma i Rulindo aho avuka. Misa yo kumuherekeza no kumusezeraho yabereye […]

Abasuye u Rwanda bakoresheje hafi miliyoni $600 muri serivisi z’ingendo muri 2024

April 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]

Posts pagination

« 1 … 66 67 68 … 122 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS