Esipanye: Abarenga 200 bamaze guhitanwa n’imyuzure
Hashize iminsi muri Esipanye by’umwihariko mu Mujyi wa Valencia n’inkengero zawo habaye ibiza bikomeye ku rwego rutari rwarigeze rubaho muri iki gihugu. Ni Ibiza byatewe […]
Hashize iminsi muri Esipanye by’umwihariko mu Mujyi wa Valencia n’inkengero zawo habaye ibiza bikomeye ku rwego rutari rwarigeze rubaho muri iki gihugu. Ni Ibiza byatewe […]
Amadini n’amatorero mu Rwanda amaze iminsi ahanganye n’ibitekerezo bibiri bikomeye. Hari abumva ko amadini n’amatorero agamije kwambura Abanyarwanda na duke bari bifitiye nyamara abandi bakavuga […]
Nyirabambari Laurence ukora umwuga w’ububaji mu Karere ka Mu sanze ni umwe mu bitinyutse bagana imyuga bamwe bafata nk’iy’abagabo. Umunyamakuru wa ICK News yamusanze aho […]
Abatuye mu Karere ka Huye babangamiwe n’itsinda ry’abagore ribambura ibyabo ryitwikiriye ubuhanuzi bw’ibinyoma, bagasaba abayobozi kubafatira ingamba. Aba bagore bakunze kugenda ari itsinda rya batatu, […]
Mu Ukwakira 2021, Leta y’u Rwanda binyuze mu Kigo Gishinzwe iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) yatangije umushinga wo kubaka umuhanda ‘Ngoma-Ramiro’ ufite ibirometero 52. N’ubwo byari biteganyijwe […]
Abakorerabushake barashimirwa umusanzu ntagereranywa batanga mu bikorwa bitandukanye birimo kwita ku mibereho myiza y’abaturage, kubaka ibikorwa remezo, no gukumira ibyaha. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, […]
Kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ugushyingo 2024, Abakaridinali bakorera i Vatikani baratangira kwakira umushahara muto kuwo bari basanzwe bafata. Ni icyemezo cyafashwe […]
Byibuze abantu 95 bamaze kwicwa n’umwuzure wibasiye igihugu cya Espagne, nyuma y’imvura ikomeye yaguye mu ntara y’Uburasirazuba bwa Valencia, nk’uko ubuyobozi bw’iyi ntara bwabitangaje kuri […]
Afurika ni umugabane wahuye n’ibizazane by’ubutegetsi n’ihungabana rya politiki kuva ibihugu biwugize byatangira kubona ubwigenge hagati mu kinyejana cya 20 aho hagiye humvikana ihirikwa ry’ubutegetsi […]
Imibare yo muri Mutarama 2024 igaragaza ko miliyoni 4.9 z’Abanyarwanda aribo bakoresha interineti, aba bakaba bangana na 34.4% by’Abanyarwanda bose. Iyi mibare kandi igaragaza ko […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS