• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

ANDI MAKURU

OpenAI igiye guhindura amasezerano yagiranye na Leta ya Amerika nyuma y’igitutu yashyizweho

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Sosiyete y’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI), OpenAI, yatangaje ko igiye kuvugurura amasezerano yari yagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no gukoresha ikoranabuhanga ryayo mu […]

Diyosezi ya Kabgayi yizihije umunsi w’umuco mu mashuri

February 27, 2026 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026, mu Karere ka Kamonyi, ku kigo cy’amashuri cya Sainte Bernadette Kamonyi, hizihirijwe Umunsi w’Umuco mu mashuri […]

Ese inkuru z’abatandukanye zica intege urubyiruko ku gushinga ingo?

February 26, 2026 ICK News 0

Muri iyi minsi, hagaragara abasore n’inkumi benshi batinda kubaka ingo, bamwe bakavuga ko n’ubundi hari izubakwa nyuma zigasenyuka zitamaze kabiri. Ibi babishingira ku buhamya n’inama […]

Do failed marriages cast a shadow over youth commitment?

February 26, 2026 ICK News 0

An increasing number of young people say they are hesitant to get married, citing discouraging advice from individuals whose own marriages have ended in separation […]

Impamvu u Rwanda rukeneye abakozi 3000 bo gutanga serivisi z’ubutaka

February 23, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]

Gisagara: Hizihijwe umunsi w’umuhinzi, bakangurirwa guhinga imbuto nshya y’ibigori idakangwa n’ibihe

February 18, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Ku wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, hizihijwe Umunsi w’Umuhinzi, abahinzi bamurikirwa imbuto z’indobanure z’ibigori zirimo […]

Obama uherutse kuvuga ko ibivejuru bibaho yisobanuye

February 17, 2026 ICK News 0

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]

Happy World Radio Day to the stations that kept us company

February 13, 2026 ICK News 0

On February 13, the world marks World Radio Day, a date designated in 2011 by the United Nations Educational, Scientific and Cultural Organization (UNESCO) to […]

Brazil: Uko imbwa y’indahemuka yatumye hatorwa itegeko rizemerera gushyingurwa hamwe na ba shebuja

February 13, 2026 ICK News 0

Mu mujyi wa São Paulo muri Brazil, hari imbwa yamaze imyaka 10 iba mu irimbi aho nyirayo yashyinguwe. Iyo mbwa, bise Bob Coveiro, bisobanuye ‘umukozi […]

Muhanga: Itorero ADEPR ryibutse Abatutsi biciwe i Nyabisindu mu 1994

May 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 12 Gicurasi 2025, Itorero rya Pentekote mu Rwanda, ADEPR, binyuze mu Rurembo rwa Nyabisindu, ryifatanyije n’Abanyarwanda muri rusange mu […]

Posts pagination

« 1 2 3 »

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS