• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

ANDI MAKURU

Menya impanuka 7 zikomeye z’indege zabayeho mu mateka y’isi

March 24, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Mu minsi ibiri ishize, habaye impanuka ebyiri zikomeye z’indege zakurikiyeho. Indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa C-130 Hercules, yari itwaye abantu 125, yaguye muri […]

Jeannette Kagame yibukije abagore kwiyitaho

March 8, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Madamu Jeannette Kagame yasabye abagore n’abakobwa kwikunda no kwiyitaho nk’uko bakunda abandi, abasaba kwita cyane ku mibereho yabo by’umwihariko ubuzima bwo mu mutwe kugira ngo […]

OpenAI igiye guhindura amasezerano yagiranye na Leta ya Amerika nyuma y’igitutu yashyizweho

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Sosiyete y’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI), OpenAI, yatangaje ko igiye kuvugurura amasezerano yari yagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no gukoresha ikoranabuhanga ryayo mu […]

Diyosezi ya Kabgayi yizihije umunsi w’umuco mu mashuri

February 27, 2026 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026, mu Karere ka Kamonyi, ku kigo cy’amashuri cya Sainte Bernadette Kamonyi, hizihirijwe Umunsi w’Umuco mu mashuri […]

Ese inkuru z’abatandukanye zica intege urubyiruko ku gushinga ingo?

February 26, 2026 ICK News 0

Muri iyi minsi, hagaragara abasore n’inkumi benshi batinda kubaka ingo, bamwe bakavuga ko n’ubundi hari izubakwa nyuma zigasenyuka zitamaze kabiri. Ibi babishingira ku buhamya n’inama […]

Do failed marriages cast a shadow over youth commitment?

February 26, 2026 ICK News 0

An increasing number of young people say they are hesitant to get married, citing discouraging advice from individuals whose own marriages have ended in separation […]

Impamvu u Rwanda rukeneye abakozi 3000 bo gutanga serivisi z’ubutaka

February 23, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]

Gisagara: Hizihijwe umunsi w’umuhinzi, bakangurirwa guhinga imbuto nshya y’ibigori idakangwa n’ibihe

February 18, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Ku wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, hizihijwe Umunsi w’Umuhinzi, abahinzi bamurikirwa imbuto z’indobanure z’ibigori zirimo […]

Obama uherutse kuvuga ko ibivejuru bibaho yisobanuye

February 17, 2026 ICK News 0

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]

Happy World Radio Day to the stations that kept us company

February 13, 2026 ICK News 0

On February 13, the world marks World Radio Day, a date designated in 2011 by the United Nations Educational, Scientific and Cultural Organization (UNESCO) to […]

Posts pagination

« 1 2 3 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS