• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Australia: Abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye gusezera imbuga nkoranyambaga

November 7, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko guverinoma y’iki gihugu igiye gushyiraho amategeko abuza abana bari munsi […]

Rayon Sports itsinze Musanze ifata umwanya wa mbere

November 7, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Musanze FC kuri stade Ubworoherane igitego 1-0. Byari mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona, ibyatumye Rayon Sports yuzuza imikino […]

Miss Muheto yakatiwe igifungo cy’amezi atatu asubitse

November 6, 2024 ICK News 0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije Miss Nshuti Muheto Divine igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Miss Muheto yahawe iki gihano nyuma yo guhamwa […]

Igisobanuro cy’itorwa rya Trump kuri Afurika

November 6, 2024 Kwihangana Joshua 0

Muri iki gitondo, nibwo inkuru yabaye kimomo ko Donald John Trump yatsindiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine iri imbere. Iyi […]

Amerika: Gutorwa na benshi sibyo byemeza uba Perezida

November 5, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo, abaturage bagera mu ma miliyoni z’Abanyamerika baratora Umukuru w’Igihugu. Ni amatora ahanzwe amaso cyane n’ingeri z’abantu banyuranye […]

Amerika: Gutangaza ibyavuye mu matora muri uyu mwaka bishobora gutinda

November 5, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024, Miliyoni z’abanyamerika baramukiye mu gikorwa cy’amatora yo guhitamo perezida wa 48 uzayobora iki gihugu mu myaka […]

Amatora muri Amerika: Jennifer Lopez mu bashyigikiye Kamala Harris, Elon Musk mu bashyigikiye Donald Trump

November 5, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika arimbanyije muri leta zitandukanye z’iki gihugu, ibyamamare mu ngeri zitandukanye zagiye zigaragaza uruhande zihagazeho. […]

Abakize Marburg barasabwa kwitwararika mu gukora Imibonano mpuzabitsina

November 4, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Mu kiganiro Minisiteri y’ubuzima yagiranye n’itangazamakuru ndetse n’imiryango itari iya Leta kuri uyu wa Mbere, tariki ya 4 Ugushyingo 2024, Minisitri w’ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin […]

Leta y’Ubushinwa ihangayikishijwe n’abaturage batifuza kurongora no kubyara

November 4, 2024 Kwihangana Joshua 0

Nubwo leta y’Ubushinwa ikomeje guteza imbere gahunda yo gushishikariza abaturage b’iki gihugu kubyara cyane, imibare yabashaka  gushyingiranwa muri iki gihugu yo ikomeje kugabanuka ku kigero […]

Abanya-Kenya nibo bamara igihe kinini ku mbuga nkoranyambaga

November 4, 2024 ICK News 0

Kenya yaje ku mwanya wa mbere ku isi mu bijyanye no kugira abaturage bamara amasaha menshi ku mbuga nkoranyambaga. Ni ibigaragazwa na raporo nshya ya […]

Posts pagination

« 1 … 97 98 99 … 125 »

AMAKURU MASHYA

  • Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kutayobywa n’abaharabika u Rwanda bashaka amaramuko

    Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwirinda kuyobywa n’abantu bafite umugambi wo guharabika igihugu no gukwirakwiza amakuru agamije kugisenya, ashimangira ko urubyiruko rugomba kuba […]

  • Huye: Abakora mu ibagiro rya Matyazo basabwe kugenzura neza inkomoko y’amatungo mu kwirinda ayibwe

    Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yakomereje ubukangurambaga bwo gukumira ibyaha mu Murenge wa Ngoma, mu Karere ka Huye, iganiriza abakora mu ibagiro rya Matyazo […]

  • Kenya: Abanyeshuri 16 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ry’abakobwa muri Kenya

    Abanyeshuri 16 bapfuye mu gihe abandi 79 bakomerekeye mu nkongi y’umuriro yibasiye icumbi cy’ishuri ry’abakobwa rya Utumishi Academy riherereye i Gilgil mu Ntara ya Nakuru […]

  • Abadepite bagiye kujya mu ngendo zo kugenzura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi

    Umutwe w’Abadepite watangaje ko Abadepite bagiye gukora ingendo rusange mu Turere twose tw’Igihugu hagamijwe kugenzura ibikorwa bijyanye no kongera umusaruro w’ubuhinzi, by’umwihariko ibihingwa ngandurarugo n’ibihingwa […]

  • Perezida Kagame yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira imyaka 25 imaze itanga umutekano

    Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira uruhare uruhare igira mu kubungabunga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS