Amerika yemereye Ukraine kurasa imbere mu Burusiya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yemereye Ukraine gukaba ibitero mu Burusiya ikoresheje misile zirasa kure zatanzwe na Amerika. Iki cyemezo kije […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yemereye Ukraine gukaba ibitero mu Burusiya ikoresheje misile zirasa kure zatanzwe na Amerika. Iki cyemezo kije […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli biratangaza ko ikigo cya Iran gikora ubushakashatsi ku ngufu za nikleyeri cyangijwe bikomeye n’ibitero by’indege Israheli yagabye kuri […]
Kuri uyu wa Gatanu, Minisiteri y’uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024 kigaragaza ko abakobwa batsinze […]
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) atsinzwe igitego kimwe ku busa n’ikipe y’igihugu ya Libya amahirwe yo kujya mu gikombe cya Afurika cya 2025 arayoyoka. Ni […]
Abanyeshuri 40 bo muri kaminuza enye zigisha itangazamakuru mu Rwanda barangije amahugurwa y’iminsi itatu ku mategeko yemewe y’imyandikire y’Ikinyarwanda mu kwandika inkuru ndetse banongererwa ubumenyi […]
Kuri uyu wa kabiri, Tariki ya 12 Ugushyingo 2024, Donald Trump uherutse gotorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize umuherwe wa mbere ku Isi […]
Mu rwego rwo kwitegura imikino yo gushaka itike y’imikino y’igikombe cy’afurika cyo muri 2025, Ikipe y’Igihugu ya Basketball izakina n’iya Sudani y’Epfo na Mali mu […]
Ku munsi wa kabiri w’inama yatangiye ku itariki ya 9 ikarangira ku ya10 Ugushyingo 2024, mu mujyi wa Sochi mu Burusiya, yahuje minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]
Ikigereranyo cy’ibiciro by’ibicuruzwa (CPI), cyasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu wa 10 Ukwakira 2024 kiragaragaza ko ibiciro by’ibicuruzwa mu Rwanda bikomeje kwiyongera ugereranyije n’umwaka […]
Ku wa 7 Ugushyingo 2024, Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yashyize ahagaragara raporo ikubiyemo ingamba zafashwe n’u Rwanda mu kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza. Ni raporo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS