Perezida Emmanuel Macron yagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo Uburayi bwongere kuba igihangange
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Burayi bugomba kwiyubaka nk’imbaraga zikomeye mu bya politiki n’umutekano ku rwego mpuzamahanga, ashimangira ko igihe kigeze ngo […]
