Iburasirazuba: Mu mwaka umwe inzoga zitujuje ubuzirantenge zishe 20, abandi 300 barahuma
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko inzoga zitujuje ubuzirantenge zahitanye abantu 22, abandi 300 zibasigira ibibazo birimo no guhuma mu Ntara y’Iburasirazuba mu gihe cy’umwaka umwe. […]
