Amerika yafatiye ibihano umuyobozi mukuru w’ingabo za Sudani
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]
Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye akorana n’Umuryango wa Good Neighbors mu Karere ka Kamonyi baravuga ko hari amafaranga y’amahugurwa bagombaga guhabwa n’uyu […]
Kuri uyu mbere taliki 13 Mutarama 2025 Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu Dr Jean Damascene Bizimana ari kumwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo ndetse n’abandi bayobozi […]
Abasivili 16 bo mu Leta ya Zamfara iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria bishwe n’igitero cy’indege z’igisirikare cy’iki gihugu, nyuma yuko iki gisirikare cyibeshye […]
Bamwe mu batuye mu gice cy’Amayaga kigizwe n’imirenge ya Mugina, Nyamiyaga, Nyarubaka ndetse n’igice cy’Umurenge wa Musambira barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amazi mu buryo buhoraho. […]
Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Kane taraki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yavuze ku kwishyura no kwishyurwa mu mafaranga y’amanyamahanga bihanwa n’amategeko, […]
Abaturage bakoresha ivuriro ry’ibanze ‘poste de sante’ riri mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga wo mu Karere ka Kamonyi bavuga ko bakomeje kugorwa no […]
Urugendo rugana mu majyepfo uturutse mu muhanda wa Kigali-Huye, ni rumwe rwerekana ishusho y’u Rwanda nk’igihugu gishingiye ku nkingi ya mwamba y’ubuhinzi. Mu marembo ya […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 04 Mutarama 2025, ku Rwibutso rw’Akarere ka Kamonyi ruherereye ahitwa mu Kibuza, mu Murenge wa Gacurabwenge habereye igikorwa cyo […]
Kuri iki cyumweru taliki ya 29 Ukuboza 2024 mu Karere ka Kamonyi mu ntara y’Amajyepfo habereye umuhango wo gutuma Intore z’Inkomezabigwi, icyiciro cya 12 k’urugerero. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS