“Nzakora ibishoboka byose kugira ngo amahoro aganze”- Papa Leo XIV
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14 Gicurasi 2025, Nyirubutungane Papa Leo wa XIV yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza hagati y’abayobozi b’ibihugu biri mu ntambara, […]
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14 Gicurasi 2025, Nyirubutungane Papa Leo wa XIV yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza hagati y’abayobozi b’ibihugu biri mu ntambara, […]
Ku wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Guverinoma iyobowe n’igisirikare muri Mali yatangaje ko yasheshe amashyaka yose ya politiki akorera mu gihugu, ishyira mu […]
Ibitaro byo mu majyaruguru ya Gaza byavuze ko Abanya-Palestina basaga 48 biciwe mu bitero by’indege za gisirikare za Isiraheli byagabwe mu ijoro ku wa 13 […]
Itsinda rya mbere ry’abazungu 59 b’Abanyafurika y’Epfo ryageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye guhabwa ubuhungiro bemerewe na perezida Donald Trump. BBC dukesha […]
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]
Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]
Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’ishuri ryitiriwe Mutagatifu Berinadeta rya Kamonyi (ESB-K), byabaye ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, […]
Abategetsi ba Libiya batangaje kuri uyu wa Gatatu ko nta masezerano namwe bigeze bagirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no kwakira abimukira badafite […]
Leta ya Sudani yahagaritse umubano wa dipolomasi na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), nyuma yo gushinja kenshi iki gihugu cyo mu burasirazuba bwo hagati gushyigikira […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemereye abimukira bari muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko amadolari 1,000, ni ukuvuga asaga miliyoni 1,4FRW kuri buri muntu, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS