Ibitero bya Ukraine mu Burusiya byahagaritse ingendo z’indege
Indege zitagira abapilote zo muri Ukraine zagabye igitero i Moscow mu Burusiya mu ijoro rya ku wa Mbere, bituma ibibuga by’indege bine bifunga by’agatenganyo mbere […]
Indege zitagira abapilote zo muri Ukraine zagabye igitero i Moscow mu Burusiya mu ijoro rya ku wa Mbere, bituma ibibuga by’indege bine bifunga by’agatenganyo mbere […]
Ku wa Mbere tariki ya 5 Gicurasi 2025, abarimu babiri bo muri Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) yo mu Buholandi basoje kwigisha isomo ryihariye ryibanda […]
A week-long academic exchange at the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) has left a lasting impact on both students and faculty, as two Dutch lecturers […]
Ibigo bibiri by’umuryango w’abibumbye (Loni) byatangaje kuri uyu wa Kane ko imirwano ibera hafi y’umugezi wa Nile muri Sudani y’Epfo yabujije imfashanyo z’ubutabazi kugera ku […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 2 Gicurasi 2025, urukiko rwo muri Tuniziya rwakatiye uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Bwana Ali Laarayedh, igifungo cy’imyaka 34 muri […]
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35.1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500. Perezida Hassan yabitangaje kuri […]
Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo byatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025 ko Perezida Cyril Ramaphosa agiye gushyiraho Komisiyo y’Iperereza ry’ubucamanza […]
Umudepite wo muri Kenya witwa Charles Ong’ondo Were yishwe arasiwe mu muhanda wo mu murwa mukuru Nairobi n’abagizi ba nabi bari kuri moto mu joro […]
Abantu batatu bishwe barashwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Mata 2029 mu mujyi wa Uppsala muri Suwede, kandi hatabwa muri yombi umuntu w’imyaka […]
Atlético de Madrid yo muri Espagne yasinye amasezerano y’ubufatanye n’Urwego rw’igihugu rw’Iterambere (RBD) yo kwamamaza “Visit Rwanda”, igikorwa kigamije guteza imbere ubukerarugendo bw’u Rwanda. Ni […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS