Abayobozi bakomeye ku isi bakomeje kwifuriza Papa Fransisiko kuruhukira mu mahoro
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika nibwo inkuru yabaye ikimenyabose ko uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana. Ni amakuru […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika nibwo inkuru yabaye ikimenyabose ko uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana. Ni amakuru […]
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International watangaje ko abantu barenga 300 aribo baguye mu mvururu zakurikiye amatora yabaye umwaka ushize mu gihugu cya […]
It has been four years since the Government of Rwanda launched the Rwanda Space Agency (RSA), with a mandate to develop the country’s space sector […]
Perezida uri ku butegetsi muri Ecuador Daniel Noboa yatsinze bidasubirwayo icyiciro cya kabiri cy’amatora ya Perezida wa Repubulika bikaba bivuze ko agiye kuyobora iki gihugu […]
Leta y’u Bwongereza yatangaje indi nkunga ya gisirikare ingana na miliyoni £450 izafasha Kyiv mu bwirinzi mu bya gisirikare. Nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga ushinzwe ingabo mu […]
Urwego rushinzwe gucunga Itangazamakuru mu Bwongereza, Ofcom, rwatangaje ku wa Gatatu rwatangije iperereza ku rubuga rwa internet bivugwa ko rufitanye isano n’urupfu rw’abantu 50 mu […]
Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]
Kuri uyu wa mbere, itariki ya 7 Mata 2025, mu Rwanda hose no mu bice bitandukanye by’isi hatangijwe iminsi 100 y’icyunamo ku nshuro ya 31 […]
Kuwa gatanu w’ejo hashize , muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Minisiteri Ishinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu (DHS) yatangaje ko yoherereje ubutumwa bugufi ku Banya-Ukraine […]
Mu gihugu cya Zimbabwe, hakomeje kumvikana amakuru yo gushaka guhirika k’ubutegetsi Perezida Emmerson Mnangagwa,bitewe n’inkundura yo gushaka uzamusimbura yatangiye mbere y’amatora rusange ateganyijwe mu 2028. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS