• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: September 2026

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

September 15, 2026 IRAMBONA Papias 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga

September 15, 2026 ICK News 0

Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje icyuho mu bakozi gituma serivisi zimwe zitanozwa neza

September 15, 2026 IRAMBONA Papias 0

Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko ubuke bw’abaganga ari kimwe mu bibazo bituma serivisi zitangirwa ku rwego rw’ubuvuzi bw’ibanze zitaragera ku rwego rwifuzwa, kuko hari abakozi basabwa […]

Muhanga: Barashishikariza abandi gutinyuka imyuga ngo bagire uruhare mu iterambere

September 15, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bagore bakora imyuga itandukanye mu mujyi wa Muhanga bavuga ko nyuma yo gukura amaboko mu mufuka bakwitabira imyuga itandukanye, babyabateje imbere bityo bagashishikariza abandi kuyitinyuka kugira ngo bagire uruhare […]

Papa Leo yasabye abatuye isi kudacogora mu gushaka amahoro

September 14, 2026 ICK News 0

Papa Leo XIV yasabye abatuye isi gukomeza umuhate wo guharanira amahoro, kandi bagasenga kugira ngo amakimbirane n’urugomo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye by’isi bihagarare. Ibi yabitangaje […]

BNR yasobanuye ibishobora gushyira umuntu ku rutonde rwa CRB n’uko avanwaho

September 14, 2026 IRAMBONA Papias 0

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasobanuye ko umuntu ashobora gushyirwa ku rutonde rw’abafite imyenda itarishyurwa neza kubera kutubahiriza inshingano ze mu kwishyura, ariko ko ashobora […]

Igitego Man City yatsinze Man United nticyari cyo

September 14, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Ishyirahamwe ry’Abasifuzi basifura muri Premier League ryemeje ko igitego Manchester City yatsinze Manchester United kitari cyo kuko hari habayeho kurarira. Ni mu mukino aya makipe […]

Boris Johnson yasimbutse urupfu

September 14, 2026 ICK News 0

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote kuri gari ya moshi ya Ukraine yari igeze hafi y’umupaka wa Poland, nyuma gato y’uko Boris Johnson wahoze […]

BNR yasobanuye impamvu inyungu ku nguzanyo za banki zazamutse

September 14, 2026 IRAMBONA Papias 0

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yavuze ko inyungu ku nguzanyo zitagomba gufatwa nk’iziri hejuru cyane ugereranyije n’ibiciro by’amafaranga amabanki akoresha mu gutanga izo nguzanyo, ishimangira […]

Minisitiri Mukazayire yibukije urubyiruko ko siporo ikwiye kujyana no kwirinda ibiyobyabwenge

September 14, 2026 ICK News 0

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yibukije urubyiruko ko kugira ubuzima bwiza bisaba gufata ingamba zirimo kwirinda ibiyobyabwenge n’inzoga z’itujuje ubuziranenge, anabasaba gukunda no kwitabira siporo […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 9 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS