• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: March 2026

Kabgayi: Abaganga bahuguwe ku kuvura indwara z’amaso zisaba ubutabazi bwihuse

March 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu rwego rwo kongerera ubumenyi n’ubushobozi abaganga mu kuvura ibibazo by’amaso byihutirwa, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byateguye amahugurwa yihariye agamije gufasha abaganga bato kumenya uko […]

No Image

Trump yateguje iherezo ribi kuri Mojtaba Khamenei wagizwe Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran

March 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, ashobora kutamara igihe kinini kuri uwo mwanya […]

Jeannette Kagame yibukije abagore kwiyitaho

March 8, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Madamu Jeannette Kagame yasabye abagore n’abakobwa kwikunda no kwiyitaho nk’uko bakunda abandi, abasaba kwita cyane ku mibereho yabo by’umwihariko ubuzima bwo mu mutwe kugira ngo […]

Rwanda Varsity League: ICK yongeye gutsinda Kaminuza Gatolika y’u Rwanda

March 8, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikipe y’abakobwa ya Basketball y’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) yongeye gutsinda Kaminuza Gatolika y’u Rwanda (CUR) amanota 25 kuri 14 mu mikino y’amashuri makuru […]

Abanyeshuri basabwe kuba abambasaderi b’uburenganzira bwa muntu

March 7, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu NCHR), Umurungi Providence yashishikarije abanyeshuri bo muri za kaminuza, amashuri makuru n’amashuri yisumbuye kuba intumwa zo gukangurira abandi […]

Kabgayi: Cataract Surgeries More Than Double in Five Years

March 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

The number of people undergoing cataract surgery at Kabgayi Eye Hospital has more than doubled over the past five years, according to the hospital’s Director, […]

Umubare w’ababagwa ishaza mu Bitaro by’Amaso bya Kabgayi wikubye kabiri mu myaka itanu

March 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi, Dr Livin Uwemeye, yatangaje ko umubare w’abarwayi babagwa indwara y’ishaza (cataract) muri ibi bitaro wikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka […]

Laurent Mbanda yatorewe kuyobora umuryango ‘witandukanyije’ na Angilikani yo mu Bwongereza

March 6, 2026 ICK News 0

Umuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango Gafcon (Global Fellowship of Confessing Anglicans), utemera amwe mu mahame y’ubuyobozi busanzweho bw’iri […]

Kabgayi Eye Unit trains surgeons on managing cataract surgery complications

March 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Eye surgeons from hospitals across Rwanda and the United Kingdom gathered at the Kabgayi Eye Unit for a specialized training session aimed at strengthening their […]

Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byahuguye abaganga ku guhangana n’ibibazo bishobora kuvuka mu kubaga ishaza

March 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Abaganga b’amaso bongerewe ubumenyi mu guhangana n’ibibazo bishobora kuvuga mu gihe bari kubaga ishaza

Posts pagination

« 1 2 3 4 5 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS