• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: January 2025

Biden yageneye Papa Fransisiko umudali w’ikirenga

January 12, 2025 Philos Muhire 0

Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yageneye Papa Fransisiko Umudali wa Perezida w’Ubwisanzure (Presidential Medal of Freedom), wo ku […]

Papa Fransisiko yihanganishije abatuye i Los Angeles

January 11, 2025 Philos Muhire 0

Papa Fransisiko yagaragaje ko ababajwe n’ibyabaye ku baturage ba Los Angeles bibasiwe n’inkongi y’umuriro ikaze ku buryo imaze guhitana abantu 11, yangiza amazu n’insengero harimo […]

Ibyo wamenya mbere y’umukino uri buhuze Rayon Sports na Mukura VS

January 11, 2025 IRATUZI Bardine 0

Kuri uyu wa 11 Mutarama 2025, kuri Sitade ya Huye harabera umukino ukomeye uhuza Mukura VS yakira Rayon sports mu mukino w’umunsi wa 15 wa […]

Perezida Biden yahamijeko iyo yiyamamaza aba yaratsinze Trump

January 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba […]

Rulindo&Gicumbi: Hatangijwe Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’

January 11, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu […]

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Trump arateganya guhura na Putin

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]

USA : Inkongi y’umuriro ikomeje guhitana abantu i Los Angeles

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]

2024: Umwaka waciye agahigo ko kurenza ubushyuhe bwa 1.5ºC

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]

Ikibazo cy’amazi adahagije mu Karere ka Kamonyi kiri gushakirwa umuti urambye

January 10, 2025 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu batuye mu gice cy’Amayaga kigizwe n’imirenge ya Mugina, Nyamiyaga, Nyarubaka ndetse n’igice cy’Umurenge wa Musambira barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amazi mu buryo buhoraho. […]

Posts pagination

« 1 … 9 10 11 … 15 »

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro k’ibihumbi […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS