• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2024

Burkina Faso: Perezida Traoré ntarabasha kugarura umutekano 

October 30, 2024 Umutesi Aline 0

Imibare mishya ya ‘Global Terrorism Index’ yagaragaje ko umutekano wa Burkina Faso ukomeje kuba mubi nyuma y’imyaka ibiri iki gihugu kibayemo ihirikwa ry’ubutegetsi bugafatwa n’igisirikari.  […]

Minisiteri y’Ubutabera irajwe ishinga no kugabanya ubucucike bw’imanza mu nkiko

October 29, 2024 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Ukwakira 2024, abagize inzego z’ubutabera basoje umwiherero w’iminsi ibiri wari ugamije kwiga ku bibazo bidahwema kuvugwa mu butabera […]

Kuki ibyaha bikorewe ku mbuga nkoranyambaga bikomeje kugwira?

October 29, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Imibare yo muri Mutarama 2024 igaragaza ko miliyoni 4.9 z’Abanyarwanda aribo bakoresha interineti, aba bakaba bangana na 34.4% by’Abanyarwanda bose. Iyi mibare kandi igaragaza ko […]

Nyamagabe: Ibihumyo nk’igisubizo mu kunganira gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

October 29, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bakiri bato, amwe mu mashuri yo mu Karere ka Nyamagabe akomeje gahunda yo gushyira imbaraga […]

Men outpace women in phone ownership: NISR’s Report

October 28, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Today, mobile phones have evolved from simple calling tools to essential devices that support work and access to diverse services. For many, being separated from […]

Rwanda: Abagabo batunze telefoni kurusha abagore

October 28, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Uyu munsi, telefoni yarenze kuba igikoresho gikoreshwa mu guhamagara no guhamagarwa gusa ahubwo ihinduka igikoresho kinifashishwa mu gukora ibindi bitandukanye nk’akazi ndetse no kuboneraho serivisi […]

Gicumbi: Bagurisha ibyabo bajya Uganda, bakagaruka ari umutwaro kuri Leta

October 28, 2024 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kaniga wo mu Karere ka Gicumbi buratangaza ko buhangayikishijwe n’ikibazo cy’imiryango igurisha ibyayo byose ikimukira mu Gihugu cya Uganda, nyuma ubuzima bwakwanga […]

Ubukungu bwihishe mu buhinzi bw’imbuto

October 28, 2024 Muvunankiko Valens 0

Leta y’u Rwanda ikomeje gushishikariza abaturarwanda kurushaho gushyira imbaraga mu buhinzi bw’imbuto kuko harimo ubukungu ntagereranywa. Ubu bukangurambaga burajyana na gahunda ya leta yo kongera […]

Abasaga 160 batangiwe ubwisungane mu kwivuza na Wikimedia Rwanda

October 28, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Umuryango w’ihuriro ry’urubyiruko ryandika ndetse rigafata amafoto ashyirwa kuri Wikipedia rizwi nka Wikimedia Rwanda ryatangiye ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) abaturage 167 batishoboye bo mu Murenge […]

Red Cross Volunteers Receive Eye Health Training

October 28, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

On Friday, October 25, 2024, Kabgayi Eye Unit Hospital concluded a five-day training program for 12 Red Cross volunteers from across Rwanda, aimed at enhancing […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • RDC: Abagore batwite baratinya kugana ibitaro kubera Ebola

    Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]

  • APR FC igiye gutanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye muri Super Cup

    Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yatangaje ko iyi kipe iri gutegura ikiganiro n’itangazamakuru, aho izatanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye mu irushanwa rya FERWAFA Super […]

  • Mourinho yahishuye impamvu Real Madrid itasinyishije Rodri werekeje muri FC Barcelona

    Umutoza mushya wa Real Madrid, José Mourinho, yavuze ko amakenga no kuzuyaza kwa Rodrigo Hernández “Rodri” ari byo byatumye iyi kipe ihagarika ibiganiro byo kumusinyisha, […]

  • Hakainde Hichilema yatsindiye manda ya kabiri yo kuyobora Zambia

    Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yatsindiye manda ya kabiri yo kuyobora igihugu, nyuma yo kubona amajwi angana na 60% y’ibyavuye mu matora yabaye ku wa […]

  • Urubanza rw’iyicwa rya Tupac rwatangiye, ‘Keffe D’ ashinjwa gutegura igitero cyamuhitanye

    Mu iburanisha ry’ibanze ry’urubanza rw’iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur, ubushinjacyaha bwashinje uwahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, Duane “Keffe D” Davis, kuba ari we […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS