• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2024

Burkina Faso: Perezida Traoré ntarabasha kugarura umutekano 

October 30, 2024 Umutesi Aline 0

Imibare mishya ya ‘Global Terrorism Index’ yagaragaje ko umutekano wa Burkina Faso ukomeje kuba mubi nyuma y’imyaka ibiri iki gihugu kibayemo ihirikwa ry’ubutegetsi bugafatwa n’igisirikari.  […]

Minisiteri y’Ubutabera irajwe ishinga no kugabanya ubucucike bw’imanza mu nkiko

October 29, 2024 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Ukwakira 2024, abagize inzego z’ubutabera basoje umwiherero w’iminsi ibiri wari ugamije kwiga ku bibazo bidahwema kuvugwa mu butabera […]

Kuki ibyaha bikorewe ku mbuga nkoranyambaga bikomeje kugwira?

October 29, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Imibare yo muri Mutarama 2024 igaragaza ko miliyoni 4.9 z’Abanyarwanda aribo bakoresha interineti, aba bakaba bangana na 34.4% by’Abanyarwanda bose. Iyi mibare kandi igaragaza ko […]

Nyamagabe: Ibihumyo nk’igisubizo mu kunganira gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

October 29, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bakiri bato, amwe mu mashuri yo mu Karere ka Nyamagabe akomeje gahunda yo gushyira imbaraga […]

Men outpace women in phone ownership: NISR’s Report

October 28, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Today, mobile phones have evolved from simple calling tools to essential devices that support work and access to diverse services. For many, being separated from […]

Rwanda: Abagabo batunze telefoni kurusha abagore

October 28, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Uyu munsi, telefoni yarenze kuba igikoresho gikoreshwa mu guhamagara no guhamagarwa gusa ahubwo ihinduka igikoresho kinifashishwa mu gukora ibindi bitandukanye nk’akazi ndetse no kuboneraho serivisi […]

Gicumbi: Bagurisha ibyabo bajya Uganda, bakagaruka ari umutwaro kuri Leta

October 28, 2024 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kaniga wo mu Karere ka Gicumbi buratangaza ko buhangayikishijwe n’ikibazo cy’imiryango igurisha ibyayo byose ikimukira mu Gihugu cya Uganda, nyuma ubuzima bwakwanga […]

Ubukungu bwihishe mu buhinzi bw’imbuto

October 28, 2024 Muvunankiko Valens 0

Leta y’u Rwanda ikomeje gushishikariza abaturarwanda kurushaho gushyira imbaraga mu buhinzi bw’imbuto kuko harimo ubukungu ntagereranywa. Ubu bukangurambaga burajyana na gahunda ya leta yo kongera […]

Abasaga 160 batangiwe ubwisungane mu kwivuza na Wikimedia Rwanda

October 28, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Umuryango w’ihuriro ry’urubyiruko ryandika ndetse rigafata amafoto ashyirwa kuri Wikipedia rizwi nka Wikimedia Rwanda ryatangiye ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) abaturage 167 batishoboye bo mu Murenge […]

Red Cross Volunteers Receive Eye Health Training

October 28, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

On Friday, October 25, 2024, Kabgayi Eye Unit Hospital concluded a five-day training program for 12 Red Cross volunteers from across Rwanda, aimed at enhancing […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS