Amavu n’amavuko y’umunsi mpuzamahanga w’abagore
Hashize imyaka irenga ijana, aho buri wa 8 Werurwe isi yose yizihiza umunsi wahariwe abagore. Uyu munsi watangiye mu 1908, ubwo abagore 15,000 bakoraga imyigaragambyo […]
Hashize imyaka irenga ijana, aho buri wa 8 Werurwe isi yose yizihiza umunsi wahariwe abagore. Uyu munsi watangiye mu 1908, ubwo abagore 15,000 bakoraga imyigaragambyo […]
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 7 Werurwe, umujenerali n’abasirikare benshi biciwe mu gitero cyagabwe kuri kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yageragezaga […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025, abagize umuryango mugari w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) basusurukijwe n’ibirori byo kugaragaza […]
Ibitangazamakuru byinshi byo muri Koreya y’Epfo biratangaza ko abantu 15 bo muri icyo gihugu bakomerekeye mu mpanuka y’indege, aho babiri muri bo bakomeretse bikabije, nyuma […]
Ku wa Kane, tariki ya 06 Werurwe 2025, mu karere ka Gicumbi hasojwe amahugurwa y’abanyamuryango b’ihuriro ry’urubyiruko rikora ibikorwa by’ubuhinzi bugamje ishoramari (RYAF). Ni amahugurwa […]
Nta gushidikanya ko kimwe mu bisubizo ufitiye umutwe w’iyi nkuru harimo impanuka. Imwe mu ngaruka mbi z’impanuka ni uko zitwara ubuzima bw’abantu. Urugero rwa hafi […]
Abarezi bigisha mu mashuri ya Kiliziya Gatolika yo muri Paruwasi St Andre Gitarama, barasabwa gutanga uburezi bufite ireme kandi bugeza abana ku mpagarike n’ubugingo binyuze […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki 04 Werurwe 2025, Hoteli ya Diyosezi Gatolika ya Kabgayi, Lucerna Kabgayi Hotel, yamurikiye abafatanyabikorwa bayo icyemezo cy’uko […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaraye agejeje ijambo ry’iminota 99 kuri Kongere ya Amerika, rikaba ari ryo rirerire mu mateka y’iyi […]
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 04 Werurwe 2025, amakipe y’ingabo z’igihugu mu mukino w’amaboko wa Volleyball ‘APR VC na APR WVC’ B […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS