• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Umunyeshuri yishe mugenzi we, akomeretsa abandi batatu mu ishuri ryo mu Bufaransa

April 25, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuhungu w’imyaka 15 yishe umunyeshuri mugenzi we w’umukobwa anakomeretsa abandi batatu akoresheje icyuma mu ishuri ryisumbuye riherereye mu mujyi wa Nantes mu Burengerazuba bw’u Bufaransa […]

APR BBC itangiranye intsinzi mu irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 24, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe ya APR BBC yatsinze KPA yo muri Kenya amanota 99- 61 mu mukino w’irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mukino wabereye […]

Harimo n’uwakinnye muri NBA: Ibyo wamenya ku bakinnyi bashya ba APR BBC

April 24, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’ingabo z’igihugu (APR BBC) ni imwe mu makipe ahanzwe amaso n’abakunzi bayo nyuma y’aho ititwaye neza mu mikino ya BAL yo mu mwaka ushize […]

AfroBasket2025: U Rwanda rwisanze mu itsinda ry’urupfu

April 24, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda y’abagore yisanze mu itsinda rimwe na Nigeria na Mozambique, mu mikino y’Igikombe cya Afurika ‘Afrobasket’ izabera muri Côte d’Ivoire kuva tariki […]

Tanzania yahagaritse ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma ya Tanzania yafashe umwanzuro wo guhagarika itumizwa ry’ibicuruzwa byose bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo no muri Malawi, bitewe n’uko ibyo bihugu byombi […]

‘Trump Akunda Afurika’- Massad Boulos

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umujyanama mukuru wa Perezida Trump ku bibazo bya Afurika Massad Boulos yatangaje ko perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika aha agaciro uyu mugabane, […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yashimye umurage ukomeye Papa Fransisiko asigiye u Rwanda

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi yashimye byimazeyo Papa Fransisiko usize ahaye u Rwanda Abepiskopi umunani mu Bepiskopi ikenda bayoboye Diyosezi za Kiliziya […]

Menya icyo Itegeko Nshinga rya Vatikani riteganya ku bikurikira urupfu rwa Papa

April 23, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 23 nibwo umubiri wa Papa Fransisiko wagejejwe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero kugira ngo abakristu banyuranye bakomeze kuwusezeraho ku […]

Turukiya: Umutingito ukomeye wibasiye umurwa mukuru Istanbul

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa gatatu, Ikigo gishinzwe guhangana n’ibiza mu gihugu cya Turukiya, cyatangaje ko  Umujyi wa Istanbul, wibasiwe n’umutingito ukomeye uri ku gipimo cya 6.2. […]

Basketball: Menya amakipe agiye kwitabira irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

April 23, 2025 NIYONKURU Cedric 0

 Kuri uyu wa Gatatu, tariki 23 Mata 2025 nibwo hari butangire Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

Posts pagination

« 1 … 60 61 62 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS