• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Handball: APR yegukanye igikombe cya Shampiyona

July 8, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri iki cyumweru tariki 7 Nyakanga 2024, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda mu mukino wa ‘Handball’ yegukanye igikombe cya Shampiyona itsinze POLICE HC ibitego 35 kuri […]

Imyaka 5 y’ikoranabuhanga mu gucunga umutekano wo mu muhanda: Ibitekerezo n’Inzitizi

July 6, 2024 ICK News 0

Imyaka itanu irashize, Polisi y’u Rwanda itangiye kwifashisha camera zigenzura umuvuduko muri gahunda yo kurushaho kwimakaza umutekano wo mu muhanda hifashishijwe ubwenge karemano buzwi nka […]

Vatikani yaciye Arkiyepiskopi Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Amerika

July 5, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 5 Nyakanga 2024, Leta ya Vatikani yatangaje ko yaciye Arkiyepiskopi Carlo Maria Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Leta […]

Kwibohora30: Urugendo rwo kongera kwiyubaka mu myaka 30 ishize

July 4, 2024 AYERA Belyne 0

Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi […]

#Kwibohora30: Nyuma y’imyaka 5, Abanyarwanda bongeye gususurutswa n’akarasisi

July 4, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 u Rwanda rumaze rwibohoye, Abanyarwanda bongeye gususurutswa n’akarasisi k’Ingabo z’Igihugu na Polisi y’Igihugu nyuma y’imyaka itanu yari ishize […]

‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

July 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]

Muhanga-Rongi: Batangiye kubyaza umusaruro amashanyarazi bahawe

July 2, 2024 IRAMBONA Papias 0

Nyuma y’amezi atandatu bahawe umuriro, bamwe mu baturage bo mu Mudugugu wa Fumbwe, Akagali ka Gasagara, Umurenge wa Rongi ho mu Karere ka Muhanga bavuga […]

Ibyaranze umukino wo gufungura Sitade Amahoro

July 1, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki 1 Nyakanga 2024 nibwo Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro sitade Amahoro yari imaze imyaka ibiri iri kuvugururwa. […]

TTC Muramba na ADEC Ruhanga basobanuriwe byinshi kuri ICK

June 30, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024, abanyeshuri mu mu mashuri yisumbuye ‘TTC Muramba na ADEC Ruhanga’ yo mu Karere ka Ngororero basobanuriwe byinshi […]

Handball-Playoff: APR na Police zigiye gucakiranira ku mukino wa nyuma

June 29, 2024 Darius Shumbusho 0

 Ikipe y’ingabo z’u Rwanda n’iya polisi y’u Rwanda mu mukino wa Handball zatsindiye guhurira ku mukino wa nyuma mu mikino ya playoff. Imikino yo kwishakamo […]

Posts pagination

« 1 … 151 152 153 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS