• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

RDC: Abantu 25 baguye mu mpanuka y’ubwato 

December 18, 2024 AYERA Belyne 0

Abantu 25 nibo bimaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamiye mu Ruzi rwa Fimi ruherereye mu Ntara ya Mai Ndombe, ho muri Repubulika ya […]

Papa Fransisiko yahishuye ko muri 2021 yari agiye kwicirwa muri Iraq

December 18, 2024 Muvunankiko Valens 0

Papa Fransisiko yavuze ko yarokotse ibitero bibiri by’ubwiyahuzi ubwo yari mu ruzinduko yagiriye mu gihugu cya Iraq mu myaka itatu ishize ariko ubutasi bw’Ubwongereza na […]

Impaka ku ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda

December 18, 2024 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Kenshi uzumva abantu bavuga ko kubona uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga ‘Perimi’ mu Rwanda bigoye ku buryo ngo hari abakora ikizamini inshuro zirenga eshatu batarabona perimi […]

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku muvuduko 8.1%

December 17, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyasohoye raporo nshya ku bukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya gatatu cya 2024, igaragaza iterambere rikomeye mu nzego z’ingenzi […]

Ukraine yigambye kwicira umujenerali w’u Burusiya i Moscow

December 17, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukuboza 2024, nibwo Lt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, […]

Raina Luff: Umubyeyi, umurezi usigiye u Rwanda umurage w’urukundo

December 17, 2024 ICK News 0

Ku mugoroba, wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Ukuboza 2024, Abagize Umuryango mugari w’Ahazaza bakoze igitaramo kigaruka ku buzima bwa Raina Luff washinze […]

U Burayi bwongereye ibihano ku Burusiya

December 17, 2024 Umutesi Aline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Ukuboza 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje icyiciro gishya cy’ibihano ku bayobozi benshi b’Abarusiya, ibigo n’ubwato bifitanye […]

Umuhungu wa Museveni arifuza ko Rwigema yubakirwa urwibutso i Kampala

December 17, 2024 ICK News 0

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yagaragaje ko yifuza ikibumbano cya Gen. Fred Gisa Rwigema mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala. Uyu muhungu […]

Amashuri ya Leta cyangwa ayigenga: Ireme ry’uburezi ku munzani

December 16, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu myaka isaga mirongo itatu ishize, Abanyarwanda bari bafite amahitamo macye ku bijyanye n’amashuri y’abana. Uburezi mu Rwanda bwari bufitwe mu biganza na Leta n’abafatanyabikorwa […]

Uwahiritse ubutegetsi muri Syria arashaka gukorana n’u Burusiya

December 15, 2024 AYERA Belyne 0

Umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammed al-Julani, yatangaje ko Syria ishobora kugirana umubano mwiza n’u Burusiya mu gihe haba habayeho ubwumvikane n’imikoranire […]

Posts pagination

« 1 … 104 105 106 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS