• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Karidinali Kambanda arasaba ko gutesha agaciro Misa n’Ubusaserdoti mu izina ry’urwenya bicika

December 22, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Antoni Karidinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yavuze ko abatesha agaciro izina rya Kiliziya bitwaje ‘urwenya’ bakwiye kubihagarika […]

Muhanga: Amezi 8 arashize batarishyurirwa umusaruro w’ibigori

December 21, 2024 Ushizimpumu Olivier 0

Bamwe mu bakorera ubuhinzi bw’ibigori mu bishanga bya Makera na Ntenderi biri mu Murenge wa Muhanga mu Karere ka Muhanga, baravuga ko bagiye kumara amezi […]

Bamwe mu bana ba ICK batuma amakuru aturyohera

December 21, 2024 Akimana Desange 0

Umuryango mugari w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) uracyari mu byishimo by’abanyeshuri barenga igihumbi basoje amashuri y’ikiciro cya mbere n’icya kabiri cya Kaminuza, akaba ari […]

U Budage: 2 bamaze gupfa, abandi 80 bakomeretse nyuma y’uko imodoka igonze abantu

December 20, 2024 ICK News 0

Abantu babiri bamaze gupfa mu gihe abandi benshi bakomerekeye mu gikorwa bikekwa ko ari igitero cy’iterabwoba cyabereye mu Isoko ry’Iminsi mikuru mu Budage, mu mugoroba […]

Malaysia igiye gusubukura ibikorwa byo gushakisha Indege yabuze mu imyaka 10 ishize

December 20, 2024 Umutesi Aline 0

Leta ya Malaysia igiye kongera gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370 yaburiwe irengero mu myaka icumi ishize. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubwikorezi muri Malaysia, […]

Urukundo rw’amashuri y’imyuga rutangiye kuzamuka

December 20, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu Rwanda, bamwe mu banyeshuri bacikiriza amashuri yabo mu cyiciro cya mbere cy’ay’isumbuye (O’level) bagahitamo kwiga imyuga n’ubumenyi ngiro (TVET) bashaka inzira yihuse y’umurimo. Abo […]

ICK: Abanyeshuri n’abarezi bahuguwe ku gukumira no kurwanya inkongi y’umuriro

December 19, 2024 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu Kane tariki ya 19 Ukwakira, abanyeshuri ndetse n’abarezi bo mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bigishijwe uburyo bwo kwirinda no kurwanya inkongi […]

‘Bureau Sociale’ ikomeje gahunda yo kurwanya SIDA n’inda zidateganyijwe mu bangavu

December 19, 2024 Ushizimpumu Olivier 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Nzeri 2024, Ubuyobozi bwa Bureau Sociale mu turere twa Muhanga na Kamonyi bwasuye abakangurambaga b’urungano bakorera mu mirenge […]

Kwisunga Ivanjili, Imwe mu nzira zo guhangana n’ibibazo bibangamiye Isi

December 19, 2024 Kwihangana Joshua 0

Uko bwije n’uko nukeye, abatuye isi bakomeje guhangayikishwa n’ibibazo byinshi binyuranye birimo ibiterwa n’imihindagurikire y’ikirere, indwara z’ibyorezo, intambara, ibibazo bishingiye ku ikoranabuhanga n’ibindi. Igitera impungenge […]

Nigeria: Umusore umaze imyaka 10 ategereje igihano cy’urupfu yijejwe imbabazi

December 18, 2024 AYERA Belyne 0

Segun Olowookere, umaze imyaka 10 ategereje igihano cy’urupfu azira kwiba inkoko n’amagi yijejwe imbabazi na Guverineri w’intara ya Osuna mu majyepfo yo mu burengerazuba bwa […]

Posts pagination

« 1 … 103 104 105 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS