• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

ABC News yemeye kwishyura Trump miliyoni 15$ nyuma yo kumutangazaho amakuru y’ibinyoma

December 15, 2024 AYERA Belyne 0

Ikinyamakuru cya ABC News cyo muri Amerika cyemeye kwishyura miliyoni 15 z’Amadorali Donald Trump nyuma yo gutsindwa urubanza rw’ikirego yari yatanze avuga ko umunyamakuru wacyo […]

Koreya Y’epfo: Abadepite batoreye kweguza Perezida

December 15, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Abadepite bo muri Koreya y’Epfo batoreye kweguza Perezida Yoon Suk Yeol nyuma y’igerageza rye ryo gushaka gushyiraho itegeko rigena ibihe bidasanzwe mu gihugu, ryateje imyigaragambyo […]

Papa Fransisiko yasabye Intumwa ye mu Burusiya gutanga umusanzu mu kugarura amahoro

December 15, 2024 ICK News 0

Papa Fransisiko yandikiye urwandiko Intumwa ye mu Burusiya, Arikiyepisikopi Giovanni d’Aniello, amusaba gushyira imbaraga mu bikorwa bya dipolomasi bigamije gushaka amahoro. Ni urwandiko Papa Fransisiko […]

ICK yashyize ku isoko ry’umurimo abasaga igihumbi

December 14, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 13 Ukuboza 2024, Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 1137 barirangirijemo. Ibi birori byari bibaye […]

Ishusho y’Intambara ya Gatatu y’Isi mu mboni z’abasesenguzi

December 10, 2024 ICK News 0

Hashize iminsi hatutumba umwuka w’intambara mpuzamahanga kubera amakimbirane akomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’isi, cyane cyane mu Burasirazuba bwo hagati, intambara hagati ya Ukraine n’u […]

Misconceptions About Strabismus

December 10, 2024 Kwihangana Joshua 0

Strabismus is a vision disorder that causes significant discomfort, making it difficult for individuals to focus their eyes in the same direction. Those affected often […]

Menya ibyo benshi bibeshya ku ndwara y’umurari

December 10, 2024 Kwihangana Joshua 0

Umurari ni imwe mu ndwara zibasira amaso zikayazengereza cyane aho umuntu aba atabasha kureba neza ku buryo umuntu umubonye aba abona atareba mu kerekezo kimwe. […]

Kurwanya ruswa ni inshingano za buri wese-Guverineri Kayitesi

December 9, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice yibukije Abaturarwanda ko kurwanya ruswa ari inshingano za buri wese. Ibi yabivugiye mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe […]

Menya imishinga ya komite nshya ya AGE-ICK

December 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatanu, tariki ya 6 Ukuboza 2024, nibwo komite nshya y’Umuryango w’abanyeshuri bahagarariye abandi mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (AGE-ICK) yarahiriye gutangira inshingano […]

Kabgayi: 49 babazwe indwara y’umurari

December 9, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuva tariki ya 2 kugeza ku ya 7 Ukuboza 2024, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byakiriye inzobere mu buvuzi bw’amaso zaturutse mu gihugu cy’Ububiligi, zije guhugura […]

Posts pagination

« 1 … 105 106 107 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS