• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Siriya: Inyeshyamba zahiritse ubutegetsi, Perezida Assad ahungira mu Burusiya

December 9, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri iki cyumweru tariki ya 8 Ukuboza 2024, inyeshyamba zo muri Siriya zafashe umurwa mukuru wa Damascus nta nkomyi nyuma y’igitero gikomeye cyatumye Perezida Bashar […]

Muhanga: Akabakaba miliyoni, ibikoresho by’isuku n’ibitabo byakusanyirijwe abagororwa

December 8, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Muhanga, Gahogo (ICK News)- Abakristo bo mu Itorero ry’Abadivantisite b’Umunsi wa Karindwi, itorero rya Gahogo, bakusanyije ibihumbi 900 Frw, imyenda, ibikoresho by’isuku byo gufasha abagororwa […]

Mu birori bikomeye, Katederali Notre-Dame y’i Paris yongeye gufungura imiryango

December 8, 2024 Philos Muhire 0

Nyuma y’imyaka itanu inkongi y’umuriro yibasiye ku buryo bukomeye igisenge cya Ketederali Notre-Dame, iyi Katederali iri rwagati mu murwa mukuru w’u Bufaransa, i Paris, yongeye […]

Kuba umuyobozi bikomeye kurusha kuba umutegetsi- Padiri Prof. Fidèle Dushimimana

December 7, 2024 IRAMBONA Papias 0

Umuyobozi mukuru w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), Padiri Prof. Fidèle Dushimimana yibukije Komite nshya y’Umuryango w’Abanyeshuri bahagarariye abandi (AGE-ICK) ko kuba umuyobozi bigoye kurusha […]

ICK: Basobanuriwe icyo basabwa ngo bitwe abanyamakuru b’umwuga

December 7, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 6 Ukuboza 2024, intumwa z’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ), Umuryango utanga ubufasha mu by’amategeko (Legal Aid Forum – LAF), n’Umuryango w’abanyamakuru […]

Gicumbi: Abafite ubumuga bamenye ko gusabiriza atari umurage wabo

December 7, 2024 Ishimwe Honore 0

Koperative Abishyize hamwe y’abafite ubumuga ikora amasabune irasaba kunganirwa kugira ngo babone ubushobozi bwo guhangana n’abandi ku isoko. Ni koperative ikorera mu murenge wa Rukomo, […]

Rubavu: Barasabwa kureka guha akato abanduye Virus itera SIDA

December 7, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bafite ubwandu bwa virus itera SIDA baravuga ko bagihabwa   akato mu miryango cyangwa aho biga. Afazali Jean Leonce, umusore w’imyaka 25, umwe mu […]

Tokyo igiye gutangiza gahunda yo gukora iminsi ine mu cyumweru

December 6, 2024 Umutesi Aline 0

Umurwa mukuru w’u Buyapani, Tokyo, urateganya gutangiza gahunda yo gukora iminsi ine ku bakozi bose ba leta, mu rwego rwo gufasha ababyeyi ndetse no guhangana […]

‘Pallium’ mu mateka ya Kiliziya Gatolika n’icyo isobanura

December 6, 2024 Umutesi Aline 0

Tariki ya 14 Nyakanga 2019 kuri Paruwasi ya Rulindo yo muri Arkidiyosezi ya Kigali, Antoni Kardinali Kambanda nibwo yambitswe Indangabubasha ‘Pallium’ n’uwari intumwa ya Papa […]

Koreya y’Epfo, aho Abaperezida badakunze guhirwa n’iherezo ry’ubutegetsi bwabo

December 5, 2024 Philos Muhire 0

Ubu Perezida Yoon Suk Yeol wa Koreya y’Epfo ari ku gitutu gikomeye cy’abaturage nyuma yo gushaka gushyiraho itegeko rigena ibihe bidasanzwe mu gihugu by’igihe gito […]

Posts pagination

« 1 … 106 107 108 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS