• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Trump na Musk bongeye gushyamirana

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]

Minisiteri y’Umutekano yashyize ahagaragara ibirebana n’itegeko rigenga imbunda zitica

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Mu rwego rwo kurushaho kwimakaza umutekano rusange imbere mu gihugu no kunoza imikoreshereze y’intwaro zidahitana ubuzima, Minisiteri y’Umutekano yashyize hanze amabwiriza mashya agenga itumizwa, igurishwa, […]

What Rwanda’s New Non-Lethal Gun Rules Say

July 1, 2025 Philos Muhire 0

In a decisive move to reinforce public safety and improve the regulation of non-lethal firearms, the Ministry of Interior has released new Ministerial Instructions governing […]

Togo: Barindwi bamaze kugwa mu myigaragambyo isaba perezida kwegura

June 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amatsinda aharanira uburenganzira bw’abaturage muri Togo avuga ko nibura abantu barindwi bishwe mu gihe inzego z’umutekano zatataanyaga abigaragambyaga basaba ko Perezida w’iki gihugu, Faure Gnassingbé, […]

600 Million in the Dark—PM Ngirente Calls for Nuclear Solution

June 30, 2025 Philos Muhire 0

Rwanda’s Prime Minister Dr. Edouard Ngirente has urged African nations to join forces in exploiting nuclear energy—alongside solar and wind—to close the continent’s widening electricity gap. Opening the […]

WASAC irasabwa kuvugurura uburyo bwo kwishyura amazi

June 30, 2025 ICK News 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]

Kwibohora 31: Ingabo za EAC zigiye kuvura Abanyarwanda ku buntu

June 27, 2025 Philos Muhire 0

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rugiye kwakira itsinda ry’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zizaza mu bikorwa by’iterambere ry’abaturage […]

Urubyiruko rwiganje mu bakoresha bakanacuruza ibiyobyabwenge

June 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]

Abarenga ibihumbi 200 bagiye gukora ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza

June 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]

Imishinga yitezweho gukomeza guhindura isura ya Musanze

June 27, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]

Posts pagination

« 1 … 98 99 100 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS