• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Umwe muri 6 ahanganye n’ikibazo cyo kwigunga

July 5, 2025 Philos Muhire 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasohoye raporo nshya y’akanama gashinzwe ibijyanye n’ubusabane, yerekana ko umuntu 1 muri 6 ku isi yose ahangayikishwa n’ingaruka […]

Amerika: Umwuzure wibasiye Texas umaze guhitana abantu 51

July 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abantu 51 barimo abana 15 bamaze guhitanwa n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi muri leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu, mu […]

Ahazaza Honors Legacy with High Scores

July 3, 2025 Philos Muhire 0

Ahazaza Independent School, located in Muhanga District, proudly celebrates its academic achievements for the 2024–2025 school year, particularly in the Cambridge International Programme. The school’s […]

Ahazaza Independent School irishimira umusaruro wayo muri 2024-2025

July 3, 2025 Philos Muhire 0

Ishuri ‘Ahazaza Independent School’ riherereye mu Karere ka Muhanga ririshimira umusaruro waryo mu mwaka w’amashuri 2024-2025, by’umwihariko muri Progaramu mpuzamahanga ya Cambridge. Ibirori byo kwishimira […]

Umukinnyi wa Liverpool, Diogo Jota yapfiriye mu mpanuka y’imodoka

July 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Umunya-Portugal Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Espagne mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nk’uko Polisi yo muri […]

Baltasar yakatiwe gufungwa imyaka 18

July 3, 2025 Philos Muhire 0

Urukiko rwa Guinée Équatoriale rwakatiye Baltasar Egonga igifungo cy’imyaka 18 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta angana na miliyari imwe y’ama-Francs CFA, […]

Indonesia: Impanuka y’ubwato yahitanye bane, benshi baburirwa irengero

July 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinzwe ubutabazi muri Indonesia batangaje ko nibura abantu bane bamaze gupfa naho abandi benshi bakaburirwa irengero mu mpanuka y’ubwato bwarohamye hafi y’ikirwa cya Bali gikunze […]

Kabgayi: Abavura indwara z’amaso bungutse ubumenyi bwo kuvura ‘Glaucoma’

July 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025, abavura indwara z’amaso bongerewe ubumenyi mu gusuzuma no kuvura neza indwara ya ‘Glaucoma’ iterwa n’umuvuduko w’amazi […]

Eye Care Professionals Trained to Catch ‘Silent Thief’ of Sight

July 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Dozens of Rwandan eye care professionals gathered at Kabgayi on Tuesday for a one-day intensive training focused on enhancing their practical knowledge and skills to […]

01 Nyakanga 1962: Bamwe mu Banyarwanda bavuga ko batabonye icyo bashakaga by’ukuri

July 1, 2025 ICK News 0

Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]

Posts pagination

« 1 … 97 98 99 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS