• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

U.S. Embassy delegation visits ICK to explore areas of partnership

September 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

The Institut Catholique de Kabgayi (ICK) on Friday hosted a delegation from the U.S. embassy in Rwanda to discuss potential areas of collaboration between the […]

Ibyo wamenya kuri Shampiyona ya Rwanda Premier League 2025-2026 itangira uyu munsi

September 12, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Guhera kuri uyu wa gatanu tariki 12 Nzeri 2025, haratangira shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru (Rwanda Premier League), aho ikipe ya […]

Muhanga: Imiryango 35 yasezeranye mu mategeko abashyingiwe bahabwa umukoro

September 12, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa kane tariki ya 11 Nzeri 2025 mu murenge wa Nyabinoni hashyingiwe imiryango 35 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Ibi biri muri gahunda y’ukwezi, […]

Jose Chameleone n’abareberera inyungu za Alien Skin bateranye amagambo

September 11, 2025 Kabano Patrick 0

Ku mbuga nkoranyamambaga zo muri Uganda hakwirakwiye amashusho agaragaza itsinda Fangone Forest rya Alien Skin, ritera ubwoba Dr. Jose Chameleone, nyuma y’uko uyu muhanzi anenze […]

Ghana yemeye kwakira Abanyafurika birukanwe muri Amerika

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yatangaje ko igihugu ayoboye cyemeye kwakira abaturage bo mu Burengerazuba bwa Afurika birukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Abahanzi babiri bafungiwe gukekwaho gukoresha ibiyobyabwenge

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo ndetse na Uwayezu Arielle ukoresha amazina ya Ariel Wayz mu muziki, bafunze bakekwaho gukoresha ibiyobyabwenge. Aya makuru yemejwe […]

Ibendera rya Amerika ryururukijwe mu kunamira Charlie Kirk

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Donald Trump yategetse ko amabendera yose ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yururutswa akagezwa muri kimwe cya Kabiri mu rwego rwo kunamira Charlie Kirk […]

Amerika: Charlie Kirk wishwe arashwe, yari muntu ki?

September 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu ijoro ryo kuwa gatatu, nibwo hamenyekanye amakuru y’urupfu rwa Charlie Kirk wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze ndetse by’umwihariko akaba yari […]

RSSB Plans Premium Options for Mutuelle de Santé Members

September 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

The Rwanda Social Security Board (RSSB) has announced that it is conducting a study to introduce a new option for Community-Based Health Insurance (CBHI/Mutuelle de […]

Ibiciro bya Kanama 2025 byagabanutseho 0.2% ugereranyije na Nyakanga -NISR

September 11, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda NISR cyatangaje ko igipimo cy’ibiciro ku masoko (CPI) ari nacyo gipimo cy’ingenzi gikoreshwa mu kugenzura izamuka ry’ibiciro (inflation), cyagabanutseho […]

Posts pagination

« 1 … 70 71 72 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS