• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Dore impamvu Ciara yakoranye indirimbo na Diamond Platnumz

September 10, 2025 Kabano Patrick 0

Mu kiganiro yagiranye Ringstone Africa Magazine umuririmbyi w’umunyamerika Ciara yagaragaje ishimwe rikomeye kuri Diamond Platnumz, nyuma yo gukorana nawe indirimbo ‘Low’, iri kuri album ye […]

Afurika y’Epfo: Abashinwa bafunzwe bazira gushimuta no gukoresha abantu ku gahato

September 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinwa barindwi binjije Abanyamalawi mu buryo bunyuranyije n’amategeko muri Afurika y’Epfo bakabakoresha imirimo y’agahato, bakatiwe buri wese igifungo cy’imyaka 20. Aba bagabo bane n’abagore batatu […]

Rwamagana: Abikorera basabwe kongerera agaciro ibikorerwa mu Rwanda

September 10, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Ku wa 9 Nzeri 2025 ubwo hasozwaga,imurikagurisha rya 14 ry’Intara y’Iburasirazuba (Expo 2025), Guverineri Rubingisa Pudence yasabye abikorera gushyira imbaraga mu kongerera agaciro ibikorerwa mu […]

Nyagatare: Abana 1,587 bamaze gusubizwa mu ishuri

September 10, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buratangaza ko abana 1,587 muri 6,314 bari barataye ishuri ubu barisubijwemo kandi biga neza. Muri abo harimo 21 bo mu murenge […]

Amavubi yatsinze Zimbabwe, FERWAFA isezeranya abakinnyi agahimbazamusyi

September 10, 2025 ICK News 0

Ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2025, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yacakiranye n’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe.Byari mu mukino wa munani wo mu matsinda […]

Nyagatare: Ikibazo cy’amazi adahagije kiri gushakirwa umuti urambye – Visi meya Murekatete

September 9, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Abaturage batuye mu murenge wa Rwimiyaga ho mu karere ka Nyagatare baravuga ko babangamiwe n’ikibazo cyo kutagira amazi ndetse naho ari akaba ashobora kuza rimwe […]

U Bufaransa: Minisitiri w’intebe aregura ku buyobozi nyuma yo gutakarizwa ikizere na Sena

September 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yatakarijweje icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, nyuma y’amasaha make aburiye ko igihugu gihanganye “n’umwenda ushobora guhungabanya ubuzima”, ibintu byarushijeho kongera […]

Iburasirazuba: Umwaka w’amashuri 2025-2026 watangirijwe i Kirehe

September 8, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Kuri uyu wa Mbere, nibwo mu Gihugu hose hatangiye umwaka w’amashuri wa 2025-2026. Ni muri urwo rwego, Umuyobozi w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yifatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere […]

RIB yatangaje ko yafashe 26 bacyekwaho ubwambuzi bushukana binyuze kuri Telefone

September 8, 2025 Manishimwe Janvier 0

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’igihugu n’izindi nzego, Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Nzeri 2025, yafashe abantu 26 bakekwaho ubujura […]

MTV VMAs 2025: Abarimo Lady Gaga, Sabrina Carpenter na Tyla begukanye ibihembo

September 8, 2025 Kabano Patrick 0

Mu ijoro ryakeye, mu mujyi wa New York, habereye umuhango wo gutanga ibihembo bya MTV Video Music Awards (VMAs) ku bahanzi bitwaye neza mu mwaka […]

Posts pagination

« 1 … 71 72 73 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS